Nyuma y’uko ibicuruzwa biva mu Burusiya birimo n’ibikomoka kuri Petelori bikomanyirijwe ku isiko ry’i Burayi, ubu Nigeria niyo ihanzwe amaso ngo ihe u Burayi ibikomoka kuri Petelori bwari busanzwe buk...
U Bwongereza, u Bufaransa, u Budage, u Bubiligi, Portugal,…ni bimwe mu bihugu by’u Burayi byoherereje Ukraine intwaro zikomeye ngo ikomeze yihagarareho imbere y’intare yitwa u Burusiya. U Bwongereza b...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu taliki 09, Mata, 2022, Inama y’Abaminisitiri iri guterana. Ni Inama iteranye mu gihe ibintu hafi ya byose byafunguwe ngo bikore muri iki gihe Icyorezo COVID...
Dmitri Medvedev yavuze ko u Burusiya batazaha ibikomoka ku buhinzi babwo ibihugu yise ko ari abanzi ‘badashobotse’. Medvedev asanzwe ari Minisitiri w’Intebe w’u Burusiya akaba yarigeze no uba Perezida...
Amakuru avuga ko Minisitiri w’ingabo z’ u Burusiya Gen Sergei Shoigu agiye kumara ibyumweru bitatu ntawe umuca iryera, bigacyekwa ko yatawe muri yombi. Aya makuru aravugwa mu gihe u Burusiya bumaze h...
Hari ikinyamakuru gikorera kuri murandasi bivugwa ko gikorana na Leta y’u Burusiya cyatangaje ko mu Byumweru bine abasirikare b’iki gihugu bamaze mu ntambara muri Ukraine kimaze gupfusha abasirikare b...
Leta ya Mali iyoborwa n’abasirikare muri iki gihe yanzuye ko ibigo by’itangazamakuru rya Leta y’u Bufaransa ari byo Radio France Internationale na Televiziyo yitwa France 24 bitongera gukorera muri ik...
Inkuru ikomeye muri iki gihe ku byerekeye intambara imaze iminsi muri Ukraine ni uko hari ibiganiro hagati ya Kiev na Moscow bigamije guhagarika intambara. Ni ibiganiro bikubiye mu ngingo 15. Imwe mu ...
Ubutegetsi bw’i Helsinki mu Murwa mukuru wa Finland buvuga ko igihe kigeze ngo hasuzumwe niba igihe kitageze ngo iki gihugu kijye muri OTAN/NATO kuko ibiri kuba kuri Ukraine ari ikimenyetso cy’uko gut...
Abagaba b’ingabo z’u Burusiya bari muri Ukraine bagabye igitero kigabanyijemo inzira ebyiri kugira ngo bafate umurwa mukuru wa Ukraine, Kiev. Biremezwa n’abanyamakuru bakurikirana iby’iyi ntambara. ...









