Nyuma gusenya ibikorwa remezo by’amashanyarazi yacaniraga igice kinini cy’Umurwa mukuru wa Ukraine, Kiev, indege z’intambara z’u Burusiya zatwitse ibigega byari bihunitse litiro 100,000 bya benzène in...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 17, Ukwakira, 2022 abaturage bo mu murwa mukuru wa Ukrane, Kiev, bazinduwe n’urusaku rukomeye rw’ibisasu byiraswaga n’indege za drones zitwa Kamikaze. Ijambo Ka...
Umwe mu bantu bahoze ari ba maneko bakuru muri Israel aherutse gutangaza ko hari ikigo cy’abanya Israel giha ubutegetsi bwa Ukraine amakuru y’aho abasirikare b’u Burusiya bakambitse kugira ibaraseho. ...
Umugabo wigeze kuba umugaba w’ingabo z’Amerika muri Afghanistan akaba n’umuyobozi w’ikigo cy’ubutasi bw’Amerika, CIA, ( Rtd) Gen David Petraeus yavuze ko Amerika iri gucungira hafi u Burusiya k’uburyo...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky niwe Muyahudi washyizwe ku mwanya wa mbere ku isi mu bafatwa nk’abavuga rikijyana. Intambara amaze iminsi arwana n’u Burusiya yatumye ahinduka icyamamare ku isi....
Kuri uyu wa Gatatu Perezida w’u Burusiya Vladminir Putin yatangaje ko agiye kugaba ½ cy’ingabo z’u Burusiya zikajya kurwana muri Ukraine. Yasabye abasirikare bari baragiye mu kiruhuko kwitegura kwamba...
Perezida Vladmir Putin yavuze ko agiye kwisubira ku cyemezo yari yarafashe cyo kudohorera ingano zavaga muri Ukraine zikajya mu Burayi kubera ko yaje gusanga Abanyaburayi bazikubira, abo mu bihugu bik...
Kubera ko imbaraga zo gukoresha bashyushya cyangwa bakonjesha ingo zabo zagabanutse kubera ibibazo bafitanye n’u Burusiya, abaturage b’u Buholandi basabwe kutarenza iminota itanu biyuhagira. Ni ikibaz...
Sena y’Amerika iherutse gutora umushinga w’itegeko wo guhana ibihugu by’Afurika Washington ifata nk’abafatanyabikorwa b’ubutegetsi bwa Moscow. Muri Afurika bo bavuga ko ibyo ari ukwivanga mu mikorere...
Ubwato bune bwa rutura buri mu nzira buvana impeke zirimo ibigori, ingano n’ibindi ku byambu bya Ukraine bubijyanye mu bice bitandukanye by’isi aho bizava bikwizwa n’ahandi ku isi n’ahandi ku isi. Bya...









