Mu gihe i Moscow bishimira ko hari ibihugu by’Afurika byitabiriye Inama yabihuje n’Uburusiya, i Washington ho mu maso harijimwe. Hijimye kubera ko ubutegetsi bwa Biden butishimiye ko hari umubano ugar...
Uburusiya bwatangaje ko buhagaritse amasezerano bwari baragiranye n’Umuryango w’Abibumbye yo kureka amato atwaye ibinyampeke akabigeza hirya no hino ku isi aciye mu Nyanja yirabura. Ni icyemezo kiri b...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, ubutegetsi bwa Biden bwanzuye ko bugiye guha Ukraine intwaro bita cluster munitions, zakumiriwe henshi ku isi. Uburusiya n’Ubushinwa batangaje ko icyo cyemezo kitazabura ...
Ubutegetsi bwa Joe Biden buvuga ko bumaze igihe buteganya kuzoherereza Ukraine intwaro zibujijwe mu bihugu 120 kubera ko zingiza abantu mu buryo bubabaje kandi zikaba zizwiho kwica abana kandi nabi. I...
Yevgeny Prigozhin yategetse abarwanyi be baryaga isataburenge ingabo za Putin mu gikorwa bamwe bavugaga ko ari icyo kumuhirika, ko bagomba gusubira mu birindiro byabo biri muri Ukraine. Prigozhin yaha...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki 16, Kamena, 2023 hari itsinda y’Abakuru ba bimwe mu bihugu by’Afurika cyangwa intumwa riri buhure na Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky. Kuri uyu wa Gatandatu zizakomere...
Travis Leake ni Umunyamerika ufungiye mu Burusiya akurikiranyweho gucuruza ibiyobyabwenge mu rubyiruko. Afunzwe hashize igihe gito umugore w’Umunyamerika wamamaye mu mukino wa Basket witwa Britney Gri...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergueï Lavrov yageze i Bujumbura avuye i Nairobi aho yaganiriye n’ubuyobozi bw’aho uko umubano warushaho kunozwa. Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cyitiri...
Nk’uko Taarifa yabyanditse ku ikubitiro, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine witwa Dmytro Ivanovych Kuleba yaraye ageze mu Rwanda yakirwa na Perezida Paul Kagame. Yamwakiririye mu Biro bye bir...
Perezida w’Amerika Joe Biden yabwiye abandi bayobozi bahuriye mu muryango w’ibihugu bikize( G7) ko mu rwego rwo guhana Uburusiya mu buryo budasubirwaho, ari ngombwa ko ibihugu byose biwugize bihagarik...









