Abasirikare b’Uburusiya bakomeje gushushubikanya ingabo za Ukraine zari zarinjiye mu Burusiya ahitwa Kursk. Ubu ingabo z’Uburusiya bivugwa ko ziri gusatira Intara ya Pokrovsk muri Ukraine....
Intambara y’Uburusiya na Ukraine irabura igihe gito ngo yuzuze imyaka itatu. Icyakora zimwe mu ngabo za Ukraine ziri mu bibazo nyuma y’uko intwaro zari zarahawe n’Amerika zigabanutse ndetse zimwe mur...
Alexander Polyakov uhagarariye Uburusiya mu Rwanda avuga ko rukwiye gushimirwa ko rutanga umuti ku bibazo bitandukanye birimo n’icyo guhuriza hamwe Abanyafurika. Avuga ko u Rwanda rufite politiki nziz...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky avuga ko ingabo z’Uburusiya ari zo zarashe uruganda rutunganya imbaraga za kirimbuzi ruri ahitwa Zaporizhzhia. Uburusiya nabwo buvuga ko ingabo za Ukraine ari zo...
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya asura Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere mu myaka 24 ishize. Putin yaherukaga gusura Koreya ya ruguru mu mwaka wa 2000. Umubano ...
Sergueï Lavrov ushinzwe ububanyi n’amahanga mu Burusiya yageze i Conakry muri Guinea mu ruzinduko rugamije kuganira uko ibihugu byombi byakomeza gukorana haba mu bya gisirikare, ikoranabuhanga no mu z...
Uwakwemeza ko intambara y’Uburusiya na Ukraine igiye gufata indi sura, akabishingira ku ngingo y’uko Inteko ishinga amategeko y’Amerika yaraye yemereye Ukraine miliyari $ 61 (£49bn) yo gukoresha...
Abantu 60 nibo bamaze kubarurwa ko bishwe n’amasasu yarashwe n’abo muri Islamic State babasanze bari mu kabyiniro. Abandi bagera mu 100 bakomeretse ndetse barimo n’abakomeretse cyane ku buryo umubare ...
Mu Burusiya no hanze yabwo hatangiye amatora Abarusiya bagomba guhitamo uzabayobora mu gihe kiri imbere. Ni amatora y’ingenzi kuri iki gihugu kuri mu ntambara na Ukraine yatangiye mu mwaka wa 2022. Ki...
Kuri X hatangarijwe amashusho y’ibisasu bya kirimbuzi byikorewe n’imodoka za gisirikare z’Uburusiya. Aya mashusho atangajwe hashize igihe gito uwahoze ari Perezida w’iki gihugu akaba na Minisitiri w’I...









