Itangazamakuru rya Leta y’u Burusiya rivuga ko abavuga ko buri gutegura ibitero karundura kuri Ukraine babeshya. Ubutegetsi bw’i Moscow buvuga ko imvugo iri gutambutswa n’ubutegetsi bw’i Washington n...
Nta kwezi kurashira Perezida w’u Burusiya ahuye na mugenzi we utegeka Amerika bahurira mu Busuwisi. Icyo gihe Biden yaretse Putin urutonde rw’ibigo 16 atagomba kuzahirahira ngo agabeho ibitero by’iko...
Umwe mu bakozi ba Minisiteri y’ingabo mu Bwongereza yataye impapuro zikubiyemo amabanga akomeye y’igisirikare cyabwo. Muri yo harimo imigambi yo gukorana n’ingabo za Afghanistan n’uko u Bwongereza bwa...
Igisirikare cy’u Burusiya cyohereje abasirikare bacyo barwanira mu mazi mu Nyanja y’Umukara aho bwiteguye intambara bibaye ngombwa, bukayirwana na Ukraine ifatanyije n’inshuti zayo zo muri NATO/OTAN. ...
Umwuka w’intambara wongeye gututumba hagati y’u Burusiya na Ukraine bapfa agace ka Donbass. Ibihugu byombi biheruka kurwana muri 2014 bipfa agace ka Crimée. Iyo ntambara yarangiye u Burusiya buk...
Ingabo za Repubulika ya Centrafrique zigaruriye umujyi witwa Bossangoa, uyu ukaba ari wo mujyi François Bozizé akomokamo. Uyu mugabo niwe uvugwaho kuyobora abarwanyi bamaze iminsi bateza umutekano muk...
Ni ubwa mbere mu mateka abantu banduye ibicurane by’ibiguruka. Aya makuru ateye ubwoba yatangajwe bwa mbere mu Burusiya aho abakozi barindwi bo mu kigo cyorora inkoko bapimwe basanganwa Virus yitwa H5...
Ni intambara bamwe bise iy’ubutita nka yayindi yari hagati ya Leta zunze ubumwe z’Amerika na Leta zunze ubumwe z’Abasoviyete yatangiye muri 1947 irangira muri 1991. Iyi ntambara iteruye hagati y’ibihu...
Umuyobozi w’Umujyi wa Bambara witwa Abel Matchipata avuga ko hari abarwanyi bigaruriye umujyi asanzwe ayobora. Umujyi wa Bambari uri mu bilometero 380 uvuye mu Murwa mukuru Bangui. Ibitero bya bariya ...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga wa USA Mike Pompeo yatangaje ku mugaragaro ko USA izi neza kandi yemeza ko Abarusiya ari bo bayigabyeho igitero cy’ikoranabuhanga giheruka. Hari Umu...









