Leta zunze ubumwe z’Amerika zabwiye Umuryango w’Abibumbye ko zifite amakuru mpamo y’uko u Burusiya bwateguye intambara ndetse n’urutonde rw’abantu buzafunga bukabakorera iyicarubozo niburangiza kwigar...
Mu buhanga bwe mu bya gisirikare, Perezida w’u Burusiya Vladmin Putin yabwiye ingabo ze zari zimaze iminsi zikambitse mu marembo ya Ukraine ko ziba ziba ziretse kugaba igitero, ariko nanone ntiyazicyu...
Ibinyamakuru byo muri Amerika no mu Bufaransa bitangaza ko u Burusiya bwatangaje ko bugiye gusubiza bamwe mu basirikare babwo bari baragiye ku mupaka wabwo na Ukraine mu bigo byabo. AFP na Bloomberg b...
Mu gihe bivugwa ko hasigaye amasaha macye ngo u Burusiya butangize intambara kuri Ukraine, amakuru ava i Kyiv avuga ko ingabo za Ukraine zitangiye gutoza abaturage imbunda no kuzibaha ngo bazitabare u...
Hari indege yaturutse muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ipakiye toni 1200 z’ibisasu bita javelins igwa i Kiev muri Ukraine. Ambasade y’Amerika ivuga ko biriya bisasu byagenewe Ukraine kugira ngo izavu...
Raporo ibigo by’ubutasi by’u Bwongereza byagejeje ku Biro bya Minisitiri w’Intebe ivuga ko ku wa Gatatu w’Icyumweru gitaha, aribwo ingabo z’u Burusiya zateguye kuzatangiza intambara kuri Ukraine. Abon...
Mu Cyumweru gitaha biteganyjijwe ko ba Minisitiri b’ingabo z’ibihugu 30 bigize Umuryango wo gutabarana witwa OTAN/NATO bazahura bakicara bakemeranya icyo bagomba gukora ku kibazo cy’u Burusiya ibi bih...
Umukuru w’u Bufaransa Emmanuel Macron ubwo yageraga ku kibuga cy’indege i Moscow mu Burusiya inzego z’ubuzima zashatse kumupima COVID-19 zikoresheje uburyo bwa PCR arabyanga. Amakuru atangazwa na The...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu muri Ukraine yatangaje ko umwe mu basirikare barinda Perezida wa Ukraine yarashe bagenzi be yicamo batanu, akomeretsa abandi batanu ahita acika. Uriya musirikare yis...
Bamwe mu banyapolitiki bo mu Bufaransa bashinja u Burusiya gushyigikira ihirikwa ry’ubutegetsi riherutse gukorerwa muri Burkina Faso. Ndetse bavuga ko hari umukire w’Umurusiya witwa Evgueni Prigojine ...









