Ubuyobozi bukuru muri Politiki n’igisirikare muri Amerika bwasabye Ukraine kuba yibagiwe iby’uko izahabwa indege z’intambara kubera ko izihawe bishobora gutuma u Burusiya bwinjira mu Ntambara yeruye n...
Ingabo z’u Burusiya zabaye zigenjeje amaguru macye mu ntambara zatangije muri Ukraine nyuma y’uko urubura ruherekejwe n’ubukonje bukabije biziguye hejuru. Ubu mu bifaro byazo ziratuje zitegereje ko ik...
Mu kiganiro cya mbere yahaye itangazamakuru kuva yaterwa n’u Burusiya, Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko u Burusiya butagamije Ukraine gusa ahubwo ngo n’abaturanyi bayo ‘ruriye abandi r...
Abakurikiranira hafi ibiri kubera muri Ukraine aho u Burusiya bwagabye igitero ndetse n’uburyo Amerika n’ibindi bihugu bigize OTAN/NATO biri kubyitwaramo, baremeza ko intambara iri hafi gukara kurusha...
Ubuyobozi bw’Ikigo ntangazamakuru cy’Abongereza, BBC, bwatangaje ko bubaye buhagaritse imirimo yabwo i Moscow mu rwego rwo gusubiza ku cyemezo ubuyobozi bwa kiriya gihugu bwafashe cyo ‘gufunga umuntu ...
Minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yatangaje ko abasirikare bari muri Ukraine babaye bahagaritse intambara kugira ngo bahe abashaka guhunga uburyo bwo gusohoka mu gihugu. Ni umwanzuro wafashwe mu rwego ...
Louise Mushikiwabo wigeze kuba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda igihe kirekire, avuga ko ibiri kubera muri Ukraine bidakwiye. Avuga ko nk’umuntu ukomoka mu gihugu cyahuye na Jenoside yakore...
Ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu cye ababwira uko gihagaze, Perezida Joe Biden yongeye kuvuga ko ingabo z’igihugu cye zititeguye kwinjira mu ntambara u Burusiya bwatangije muri Ukraine. Nti...
Amakuru ava muri Ukraine avuga ko nyuma y’uko ahuye n’abasirikare ba Ukraine bakamubera ibamba, Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin yategetse ingabo ze kurasa bombe zirimo n’izikoresha uburozi bita ‘...
Ubutegetsi bw’i Moscow bwatangaje ko bugiye gutangira gutegura abasirikare babwo n’ingabo zabo mu rwego rwo kuzakoresha intwaro za kirimbuzi igihe cyose bizaba ngombwa. Putin yarabivuze none n’inshuti...









