Umuyobozi mushya wa Syria Ahmed al-Sharaa yavuze ko agiye gukurikirana abantu bose bagize uruhare mu bwicanyi bwatumye hapfa abantu 830. Mu minsi ishize hari ubwicanyi bwabaye hagati y’ingabo z’iki gi...
Abadipolomate ba Amerika n’Uburusiya batangaje ko hari akazi kenshi kandi gakomeye kagomba kubanza gukorwa mbere y’uko Putin ahura na Trump. Babitangaje nyuma y’amasaha ane n’igice baganira ku ngingo ...
I Riyadh muri Arabie Saoudite hatangiye ibiganiro biri mu bikomeye biri kuba ku isi bigamije guhagarika intambara y’Uburusiya na Ukraine. Ese ni bande bari ku meza y’ibiganiro? Ku ruhande rw’Uburusiya...
Donald Trump yatangaje ko yaraye agiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Uburusiya cyagarutse ku ngingo y’uko igihe kigeze ngo bashyireho amatsinda yo kuganira uko intambara yiswe iya Ukraine yahagar...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wo mu Burusiya witwa Bogdanov Mikhail Leonidovich ku ngingo y’imikoranire mu gushakira igisubizo umuteka...
Igisirikare cya Ukraine kivuga ko cyagabye igitero mu Ntara ya Kursk mu Burusiya, ibintu ingabo z’Uburusiya zidahakana. Iki gitero cyagabwe mu rwego rwo kwihimura ku bindi Uburusiya bumaze iminsi buga...
Minisiteri y’ingabo mu Burusiya itangaza ko ibitero bya missiles iki gihugu cyagabye kuri Ukraine byageze ku ntego yo gusenya ibikorwa remezo by’ingufu byari bisanzwe byubatswe ahitwa Kharkiv, Kyiv, D...
Inzego z’iperereza za Ukraine zivuga ko ari zo zateguye kandi zituma umugambi wo kwica Lt Gen Igor Kirillov wo mu ngabo z’Uburusiya ushyirwa mu bikorwa. Uyu musirikare kuri uyu wa Kabiri yaturikanywe ...
Amakuru yaraye avugwa yari ay’uko Perezida wa Syria Bashar Assad yahungiye muri Burusiya ariko bitaremezwa. Ubu byarangiye kwemezwa n’ibinyamakuru byo mu Burusiya ko ari ho yahungiye. Ub...
Igisirikare kirwanira mu kirere mu ngabo z’Uburusiya kiri gusuka ibisasu mu birindiro by’abarwanyi bamaze iminsi bagabye ibitero mu Mujyi wa Aleppo mu Majyepfo ya Syria. Uburusiya bwiyemej...








