Minisitiri w’Umutekano mu Burundi, Martin Niteretse yaraye ashimangiye ko nta Munyarwanda bakeneye ku butaka bw’iki gihugu nk’uko ikinyamakuru SOS Medias Burundi cyabitangaje. Yagize ati: “Imipa...
Amakuru acaracara kuri X aremeza ko Guverinoma y’Uburundi yanzuye ko imipaka yabwo n’u Rwanda ifungwa. Bivuzwe nyuma y’ibirego iki gihugu cyashinjaga u Rwanda by’uko rufasha RED Tabara, ibintu u Rwand...
Steven Kabuye uzwi mu guharanira ko ababana bahuje ibitsina bagira uburenganzira muri Uganda ari mu bitaro aho arembeye nyuma yo guterwa ibyuma ahantu hatandukanye. Yatezwe igico n’abantu bataramenyek...
Umuvugizi w’ingabo za DRC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru witwa le Lieutenant-Colonel Njike Kaiko yemeje ko hari abasirikare ba Afurika y’Epfo bageze muri kiriya gihugu. Bahagaze ku wa Gatatu taliki ...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yatangarije kuri X ko ibyo Perezida Evariste Ndayishimiye yaraye atangaje by’uko u Rwanda rufasha RED Tabara ari ikinyoma. Makolo yasabye u Burundi gu...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko iby’ibihugu bikomeye bivuga ko abatinganyi bafite uburenganzira bwo kwidegembya, atari byo. Ngo niba hari ababa mu Burundi, bakwiye gushyirwa kuri ...
Ifaranga ry’Uburundi riri mu mafaranga yatakaje agaciro cyane kubera impamvu z’uko n’ubukungu bw’iki gihugu bumaze imyaka za mirongo bujegajega. Abaturage baje gusanga batakwizera za Banki bahitamo k...
Abarwanyi ba RED Tabara bateye Uburundi bica abantu 20. Ni igitero cyabereye mu Burengerazuba bw’Uburundi ku gice kigana kuri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, b...
Taarifa ifite amakuru y’uko hari abasirikare b’Uburundi bagera cyangwa barenga 500 bari muri gereza kuko banze gukorana n’ingabo za DRC mu kurwanya M23. Aya makuru kandi aherutse kugarukwaho na Radio ...
Urukiko rw’Ikirenga rw’Uburundi rwanzuye ko Allain Guillaume Bunyoni wahoze ari Umukuru wa Polisi akaba na Minisitiri w’Intebe afungwa burundu. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo n’icyo gushaka guhit...









