Ubwo impunzi z’Abarundi zaraba ziri mu nzira zitaha, biteganyijwe ko ziri buze guca mu Mujyi wa Kigali. Impunzi 78 z’Abarundi zibarizwa mu miryango 34 zabaga mu nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe z...
Ntibisanzwe ko Perezida Ndayishimiye avugurura inzego z’igisirikare n’ubutasi mu munsi umwe ariko nk’uko bigaragara mu iteka yashyizeho umukono, ku wa 6, Gashyantare, 2024, ubutegetsi bwafashe umwanz...
Me Murangwa Faustin uburanira Kazungu Denis yasabye urukiko kuzaca inkoni izamba rugahanisha umukiliya we igihano gito kubera ko yemera ibyaha aregwa kandi akaba asaba imbabazi. Kazungu Denis aregwa i...
Umukuru wa DRC uherutse kurahirira kongera kuyobora iki gihugu Felix Tshisekedi yaraye yakiriye iwe mugenzi we uyobora u Burundi, Evariste Ndayishimiye. Ku rubuga wa X rw’Ibiro by’Umukuru w’Uburundi ...
Amafoto ari kuri X arerekana Perezida Evariste Ndayishimiye yururuka mu ndege yanditseho République Gabonaise, isanzwe ari iya Perezida w’iki gihugu. Ku kibuga mpuzamahanga cy’indege i Libreville, Pe...
Nyuma y’uko Uburundi bwanzuye gufunga imipaka yose yo ku butaka busangiye n’u Rwanda, hari amakuru avuga ko hari Abanyarwanda 38 bafungiye muri Komini Mugina n’abandi 12 bafungiye muri Komini Rugombo,...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda avuga ko u Rwanda rutazirukana Umurundi uwo ari wese ahubwo ko rumuhumuriza rukamubwira ko afite kwishyira akizana, akaryama agasinzira....
Ambasade y’Amerika mu Rwanda yasohoye itangazo riburira abaturage b’iki gihugu kugira amakenga kubera ifungwa ry’umupaka w’Uburundi n’u Rwanda ryaraye rikozwe n’ubutegetsi bw’Uburundi. Iri tangazo rya...
Icyemezo cy’Uburundi cyo gufunga imipaka yabwo yose ibuhuza n’u Rwanda cyatangiye kugira ingaruka kubera ko nk’uko byazindutse bigaragara, nta kamyo yemerewe guca ku mupaka wa Nemba mu Karere ka Buges...
Umuhanga mu bukungu, Umunyarwanda Teddy Kaberuka, yabwiye Taarifa ko kuba Uburundi bwafunze umupaka wabwo n’u Rwanda bizagira ingaruka ku bukungu bw’ibihugu byombi. Avuga ko Uburundi buzabura amadoviz...









