Gen. Gervais Ndirakobuca ubu niwe uyobora Minisiteri y’Intebe y’Uburundi. Icyakora mu myaka myinshi ishize yigeze kujya mu idosiye y’uko hari intwaro zari zigenewe ingabo z’igihugu cye yayobeje aziha ...
Mu Burundi haravugwa inkuru y’amakamyo ane yuzuye imihoro yatumijwe mu Bushinwa ngo ihabwe Imbonerakure zizayikoreshe zirwanya abanzi b’igihugu ‘babaye benshi’. Umuvugizi w’ishyaka riri ku butegetsi R...
Abayoboke b’ishyaka rya CNL rya Agathon Rwasa biravugwa ko bari guhungira muri Tanzania ku bwinshi. Iri shyaka riri mu yandi atavuga rumwe ritavuga n’ubutegetsi bwa Perezida Ndayishimiye mu Burundi. A...
Mu kiganiro yahaye Jeune Afrique, Perezida Kagame yavuze ko ubwo yahamagaraga Perezida w’Uburundi amubaza iby’amakuru y’uko hari ingabo z’Uburundi zarimo zitegurwa kujya muri DRC gufasha FARDC na FDLR...
Abakora muri Sosiyete sivile bagize League Iteka bavuga ko Guverinoma y’Uburundi itangaza imibare mike y’abahitanwa n’ibitero by’umutwe RED Tabara mu rwego rwo kwirinda kuzaha benshi indishyi z’akabab...
Ambasaderi Willy Nyamitwe wari waramamaye cyane ku butegetsi bwa Perezida Pierre Nkurunziza kubera kwibasira u Rwanda arushinja gukorana n’abari bagiye guhirika ubutegetsi yagizwe Ambasaderi w’Uburund...
Umutoza w’Amavubi Frank Spittler yahamagaye abakinnyi bazakina imikino ya gicuti na Madagascar na Botswana. Uru rutonde rw’agateganyo rwatangajwe n’Umutoza Frank Spittler kuri uyu wa Gatanu tali...
Amakuru ataremezwa n’urwego rwa Leta ariko acaracara kuri X aravuga ko hari igitero cyagabwe ahitwa Gihanga mu Burundi gihitana abantu 14 barimo abasirikare batandatu b’Uburundi. Aha ni muri Ntara ya ...
Perezida wa Sudani y’Epfo akaba n’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Salva Kiir Mayardit ari i Burundi mu ruzinduko rw’akazi aho azava agana i Kinshasa guhura na Perezida Tshiseke...
Mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Burundi kuri uyu wa 21, Gashyantare 2024 Abadepite batumije Minisitiri w’Umutekano, Martin Niteretse bamubaza icyo Leta iri gukora ngo ihe abapolisi impuzankano nzima. B...









