Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR), Filippo Grandi, umaze iminsi mu ruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda. Grandi yagiranye ibig...
Amakuru ava mu Burundi yemeza ko Général Major Cyrille Ndayirukiye wari mu bahamijwe kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza, yaguye muri gereza. Gen Ndayirukiye yaherukaga gukatirwa gufu...
Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burundi yatangajeko guhera ku wa 22 Mata yoroheje amabwiriza agenga imitangire ya Viza ku Barundi bashaka kujya muri Amerika, nyuma y’igihe abatuye icyo gih...
Abaturage bo muri komine Rusaka mu Ntara ya Mwaro mu Burundi hagati, bari mu bwoba nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa Gatanu abantu bitwaje intwaro bishe barashe abaturage barindwi, babasanze mu kabari. I...
Mu nama y’Umushyikirano iri kubera mu Burundi( iwabo bayita Ikiyago) ubuyobozi bw’ingabo, Polisi n’ubwa Politiki bishimiye icyemezo Leta y’u Rwanda iherutse gufata cyo gufunga radio zakoreraga mu Rwan...
Perezida w’u Burundi Bwana Evariste Ndayishimiye aherutse kugirira urugendo rw’akazi i Cairo mu Misiri, aganira na mugenzi we Abdel Fattah El-Sisi. Ibiganiro byibanze ku mubano w’ibihugu byombi n’ubur...
Ubushinjacyaha bwagaragaje ko ibyaha Paul Rusesabagina aregwa hamwe na bagenzi be bimaze igihe bitangiye gukurikiranwa, bugaragaza ko iyi dosiye yavukiye mu Burundi, aho kuba mu Rwanda nk’uko bamwe ba...
Leta y’u Burundi yatangaje ko abantu 2618 bamaze gusangwamo COVID-19, muri bo 2420 barakize naho 192 baracyarwaye. Kuri uyu wa Mbere nibwo mu Burundi hakoranye inama y’igihugu ishinzwe guhangana na CO...
Hashize igihe kijya kungana n’ibyumweru bibiri nta mirimo yo kwakira abandi bagororwa bashya cyangwa ngo hagire abataha bavuye muri Gereza nkuru y’u Burundi y’i Mpimba. Bamwe mu bagororwa bari muri ir...
Umukuru w’u Burundi Evariste Ndayishimiye kuri uyu wa Kabiri yasuye abatuye Muramvya yigisha abaturage uko bahinga bya kijyambere. Yari kumwe n’abayobozi bo muri kariya gace n’abandi bayob...









