Muri gereza zo mu Burundi( gereza bayita Ibohero mu Kirundi) haravugwa iyicarubozo rikorerwa imfungwa n’abagororwa bakiri bashya. Udafite amafaranga yo kugura bougie ntahabwa ifunguro ndetse iyo...
Inzego z’ubuzima muri Gitega, Umurwa mukuru w’u Burundi, zihangayikishijwe cyane n’ubwiyongere bw’abaturage bazahajwe n’inzoga yitwa Umugorigori, abantu banywa bagasara. Ikozwe mu bigori ariko yanegek...
Abantu bane bo mu muryango umwe hamwe n’abapolisi babiri bo muri Polisi y’u Burundi ikorera i Bujumbura bafunzwe bakurikiranyweho kuganira ku ntambara iri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bagash...
Ubwo bari bagiye mu bukwe bw’inshuti yabo, Abanyarwandakazi bane bakuwe mu modoka bakirangiza kwerekana ibyangombwa byabo ko ari Abanyarwandakazi bahita bashyirwa ku ruhande bajya gufungwa. Uburundi b...
Imitima y’abayobozi bakuru mu Burundi irahagaze. Ibi ahanini biterwa n’ubwoba bushingiye ku makuru bavuga ko ashingiye ku makuru y’uko u Rwanda rushaka kubatera. Perezida Evariste Nd...
Mu Ntara ya Kirundo mu Burundi haherutse guhurira abayobozi mu nzego z’umutekano n’ububanyi n’amahanga mu Rwanda no mu Burundi baganira uko umubano hagati ya Kigali na Gitega wakongera kunoga. Amakuru...
Umutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) wasabye ingabo z’Uburundi zaje gufasha iza DRC gutaha iwabo bigishoboka. Ni nyuma y’uko abo barwanyi bafashe Bukavu, ingabo za DRC zifatanyije n’iz̵...
Muri Kamena, 2022 nibwo M23 yafashe umujyi wa Bunagana uturanye na Uganda, kugeza n’ubu iracyawufite. Mu minsi ishize yafashe na Goma none ubu yafashe na Bukavu. Haribazwa niba iri bube iretse gufata ...
Kuri X ya Perezidansi ya DRC handitse ko Perezida Tshisekedi yifuza ko bagenzi be ba EAC na SADC bitabiriye Inama yabahurije muri Tanzania bategeka abarwanyi ba M23 kuva mu Mujyi wa Goma. Ni kimwe mu ...
Umuvugizi w’ingabo z’u Burundi Le Général de Brigade Gaspard Baratuza yabwiye itangazamakuru ko abavuga ko hari ingabo z’iki gihugu zafashwe na M23 babeshya, ko icyabo ari uguharabikana. Baratuza yabi...







