Visi Perezidante wa Mbere wa Sena y’Uburundi Dénise Ndadaye uri mu Rwanda mu Nama yiswe Women Deliver 2023 Conference yakiriwe na Perezida wa Sena y’u Rwanda Hon Dr. François Kalinda baganira uko umub...
Angeline Ndayishimiye yaje mu Rwanda kwitabira inama mpuzamahanga ihuza abagore aciye inzira y’ubutaka. Kuri uyu wa Mbere nibwo Taarifa yari yanditse ko umufasha wa Perezida w’Uburundi Angeline Ndayi...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe abaturage, UNFPA, ryahembye Madamu Angeline Ndayishimiye, Umufasha wa Perezida w’Uburundi kubera ibikorwa byiza yakoreye Abarundikazi birimo no gushinga ikigo...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mu Burundi yatangaje ko Ambasaderi w’iki gihugu mu Misiri, Cheik Rachid Malachie Niragira yapfuye mu buryo butunguranye. Ni itangazo ryaraye risohotse k...
Kuba abanyapolitiki bo mu ishyaka rya CNL rya Agathon Rwasa batina ba mwana ku miyoborere yaryo, byafunguriye inzira yagutse abo mu ishyaka riri ku butegetsi bari kwitegura amatora y’Umukuru w’igihugu...
Agathon Rwasa umwe mu banyapolitiki bakomeye mu Burundi yirukanwe ku buyobozi bw’ishyaka rye bikozwe n’Abadepite 10 baribarizwamo. Iryo shyaka ni CNL. Nawe yari aherutse kubirukana muri iri shyaka, ab...
Umwe mu myanzuro yafatiwe mu nama iherutse guhuza abayobozi muri za Minisiteri z’ibikorwaremezo n’abandi bakorana nabo yabereye i Bujumbura, uvuga ko Malawi yemerewe kujya mu bihugu bigize Umuhora wo ...
Taliki 04, Kamena, 2023( Mu Kirundi Kamena bayita Ruheshyi) umugabo witwa Gabriel Ndayishimiye yaje gukiranura umugabo witwa Juvénal Ndagijimana wari washyamaranye n’umugore we. Ndagijimana yari asan...
Umuryango w’Afurika yunze ubumwe uvuga ko hagiye gutangira gahunda yo gukura ingabo zawo zose muri Somalia. Intego ni uko Somalia ubwayo yasigara yicungira umutekano wayo kuko ziriya ngabo zitazahora ...
Muri Nyanza Lac umupolisi yarashe bagenzi be Arabica. Yari abasanze kuri station ya Polisi iherereye ahitwa Nyanza Lac mu Ntara ya Makamba iri mu Majyepfo y’Uburundi. Umwe mu babonye biba avuga ko um...









