Dr Ron Adam uhagaririye Israel mu Rwanda yashimangiye ko igihugu cye gifata u Rwanda nk’inkoramutima yacyo. Hari mu muhango wo kugabira inka bamwe mu baturage batishoboye bo mu Karere ka Burera. Ambas...
Ikigo gitanga serivisi z’imari, Airtel Money, cyatangije gahunda yo gukorana na SACCO zifasha abahinzi b’icyayi zo mu Rwanda kugira ngo abahinzi hamwe n’abazikoresha b’izo SACCO bash...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Gicurasi, 2022 amakuru agera kuri Taarifa avuga ko umutuzo wagarutse muri Musanze na Burera nyuma y’ibisasu byahaguye kuri uyu wa Mbere taliki 23, Gicurasi...
Umuturage wo mu Murenge wa Rugengabali mu Karere ka Burera yatawe muri yombi nyuma y’uko Polisi ibwiwe n’Umujyanama w’ubuzima ko uwo muturage yapimwe bakamusangamo COVID-19, aho kugira ngo atahe akuri...
Mu rwego rwo gufasha Leta kugira ngo igere ku ntego zayo hagamijwe gutuma Abanyarwanda babaho neza kandi bakagira ubuzima bwiza, Umuryango nyarwanda utabara imbabare( La Croix Rouge Rwandaise) yahaye...
Umujyi wa Musanze ni uwa Kabiri mu bunini n’ibikorwa biwukorerwamo ugereranyije n’umujyi wa Kigali, Umurwa mukuru w’u Rwanda. I Musanze hari amajyambere utapfa kubona mu yindi mijyi itari Umujyi wa Ki...
Amabwiriza yatangajwe na Minisitiri w’ubugetsi bw’igihugu avuga ko akarere ka Rubavu kashyizwe muri Guma mu Karere, kandi ko abagatuye bagomba kuba bari mu ngo zabo bitarenze saa moya z...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe abantu batatu bafite ibilo 12.5 by’urumogi bagiye kurucuruza mu baturage, bahita bashyikirizwa Urwego rw’Ubugenzacyaha ngo bakorweho iperereza. Kuri uyu w...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera mu Murenge wa Kagogo, ku bufatanye n’inzego z’ibanze bafatiye mu rugo rw’umuturage w’imyaka 50, abantu 17 barimo gusenga barenze ku mabwiriza ...
Hari abayobozi mu nzego z’ibanze mu turere twa Musanze, Burera na Gucumbi bafungiwe gukoresha nabi ububasha bahabwa n’amategeko bakakaga abaturage ruswa. Barimo abanyamabanga nshingwabikorwa b’imireng...









