Mu Mudugudu wa Butete, Akagari ka Kabyiniro mu Murenge wa Cyanika ku wa Kane taliki ya 13, Mata,2023 ahagana saa kumi n'ebyiri z'umugoroba hafatiwe abagore babiri bafite amashashi 20,000 ba...
Mu Murenge wa Kinyababa hari amakuru y’umugabo n’umugore we baraye batwawe n’amazi kugeza bakaba baburiwe irengero ubu ntibaraboneka. Umugabo yabonye umugore we arohamye, ajya kumurohora, ariko ...
Ubuyobozi n’abaturage b’Akarere ka Burera biyemeje gukorana bya hafi ngo bave ku mwanya wa nyuma mu kwesa imihigo. Perezida Kagame aherutse kuvuga ko imwe mu mpamvu zikomeye zitumye Burera iba iya nyu...
Umukuru w’u Rwanda mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Werurwe, 2023 arahura n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’Utugari twose tw’u Rwanda. Aba bayobozi bose bari bamaze igihe m...
Ubwo yatangazaga uko uturere tw’u Rwanda twesheje imihigo ya 2022-2023, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko Akarere ka Burera ari ko kabaye aka nyuma ndetse n’Intara gaherereyemo y’Amaj...
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage yafashe ibilo 14 by’urumogi byafatiwe mu Karere ka Burera. Aha kandi hanafatiwe litiro 22 za kanyanga. Si i Burera gusa, urumogi...
Abasore babiri bo mu Mudugugu wa Kirwa, Akagari Bugamba, Umurenge wa Kinyababa mu Karere ka Burera bakurikiranywe n’inzego z’umutekano kubera gukekwaho gukata intsinga z’amashanyarazi bakajya kuzigur...
Umusore witwa Pascal Niyigena w’imyaka 22 y’amavuko aherutse gufatanwa amashashi 16,400 yari yinjije mu Rwanda. Ni Amashashi atabora kandi ntiyemewe mu Rwanda. Uwafashwe yari ari kumwe n’abantu babiri...
Mu Karere ka Burera, umurenge wa Gahunga haravugwa umusore w’imyaka 26 y’amavuko uvugwaho kwica Nyirakuru w’imyaka 88 amuziza imitungo. Bari batuye mu Mudugudu wa Ruri, Akagari ka Gisizi, Umurenge wa...
Mu Karere ka Burera, Umurenge wa Kivuye haherutse gufatirwa umugabo wari ufite ibilo 10 by’urumogi. Bivugwa ko yari aruvanye muri Uganda. Yafatiwe mu Mudugudu wa Buhita, Akagali ka Bukwashuri, Umureng...









