Mu rwego rwo guha ababigana serivisi z’ubuvuzi zigezweho, mu bitaro bya Butaro hatashywe inyubako nshya zirimo ibikoresho bishya. Ibi bitaro bifite umwihariko wo gusuzuma no kuvura za cancers zitanduk...
Aba bagabo n’abagore bari bavuye mu mubatizo wabereye mu rusengero rw’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi bari kwa muganga nyuma yo kunywa ubushera bwanduye. Babunywereye kwa Habyarimana wo mu Mudugud...
Hashize iminsi itatu mu Murenge wa Rusarabuye abatwije imihoro n’ubuhiri biraye mu barinda ikirombe cy’ibuye rya Wolfram barabatema. Ubu mu Karere ka Muhanga n’aho haravugwa urugomo nk’urwo rwakozwe ...
Abasore bitwaje imihoro n’ubuhiri bo mu Murenge wa Rugengabari mu Karere ka Burera batemye abashinzwe kurinda umutekano w’ibirombe by’amabuye y’agaciro babasiga ari intere. Nyuma yo kubatema baracits...
Abagabo bane bagiye kuroba mu kiyaga cya Ruhondo ku ruhande rw’Akarere ka Burera bararohama umwe arapfa. Ni ikiyaga gituranye n’icya Ruhondo, bikaba ibiyaga bibiri bita ‘impanga’ kubera ko bituranye k...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rikura mu nshingano abayobozi b’Uturure dutatu two mu Ntara y’Amajyaruguru. Abo ni Ramuli Janvier w’Akarere ka Musanze, Nizeyimana Jean Marie Vianney w...
Kaminuza y’ubuzima rusange ya Butaro, University of Global Health Equity-Butaro Campus yaraye ihaye impamyabumenyi abanyeshuri 46 baturutse mu bihugu 13 byo hirya no hino ku isi. Byari mu muhango wabe...
Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Gahunga hafatiwe umugabo ukekwaho kwica umugore we. Ubwo bwicanyi bwabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ariko kumufata bibanza kugorana kubera ko yari yifungiranye...
Akarere ka Burera kamaze kumenyekana kuri byinshi byiza. Ibibi bihavugwa nabyo birahari. Ibyo birimo n’ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge nka kanyanga n’urumogi. Nk’ubu, Polisi iherutse kuhafatita ibilo 16 b...
Amakuru mashya aturuka mu Karere ka Burera avuga ko umurambo wa Sembagare Faustin wari umaze iminsi ishakishwa kubera ko wagwiriwe n’inkangu ubwo yari aryamye mu ijoro wabonetse. Hari hashize im...









