*Icyonderwa: Amafoto muri iyi nkuru ashobora kugira abo abangamira! Iyi nkuru igendanye n’umutekano iri mu ziriwe zivugwa guhera kuri uyu wa Gatandatu n’ubu ikaba ikiri mu makuru. Ni iy’imbogo zirind...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 18 , Gicurasi, 2024, nibwo hamenyekanye amakuru ko abaturage icyenda bakomerekejwe n’imbogo zirindwi zatorotse Pariki y’Ibirunga. Byabereye mu Murenge wa Gahunga n’uwa Rugar...
Nusura ikirombe cy’amabuye y’agaciro ya Wolfram kiri ahitwa Gifurwe mu Murenge wa Rugengabari mu Karere ka Burera, uzabaze umugabo witwa Jackson Harerimana uhakora, azagusobanurira iby’uko ibuye rya W...
Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba Pudence Rubingisa avuga ko ingamba ubuyobozi bwafashe mu guhangana n’inzoga ibarirwa mu biyobyabwenge yitwa Kanyanga zatanze umusaruro ufatika. Hari mu kiganiro yah...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police( ACP) Boniface Rutikanga avuga ko ibikorwa Polisi n’ingabo z’u Rwanda bafatanyemo abaturage biri mu bituma ubukungu bw’u Rwanda buzamuk...
Abaturiye Ishuri ryisumbuye rya ES Gahunga T.S.S ADEPR riri mu Murenge wa Gahunga, Akarere ka Burera, basaba inzego guhagurukira ikibazo cy’amazi yanduye ava muri iki kigo akaza anuka kandi akareka...
Bamwe mu batuye Umurenge wa Cyanika mu Karere ka Burera babwiye Taarifa ko nyuma yo guhugurwa n’abayobozi mu nzego zitandukanye, baretse gufumbiza ifumbire y’umusarane w’abantu. Ni ifumbure bavuga ko ...
Kuri uyu wa Kane taliki 28, Ukuboza, 2023 mu Murenge wa Nkumba mu Karere ka Burera harabera Ihuriro ry’abana habagarariye abandi ku rwego rw’igihugu bitoremo ababayobora. Bitabiriye Inama y’igihugu y’...
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru ndetse n’ubwa Airtel Rwanda bwahaye abatuye Akagari ka Rusumo, Umurenge wa Butaro telefoni zifite murandasi yihuta ya 4G kugira ngo zizabafashe guhanahana amakuru y’...
Abaturage b’ibitaro b’i Rukoma mu Karere ka Kamonyi barasaba inzego za Leta ko ibitaro bya Remera Rukoma bivurizamo byavugururwa kuko bishaje. Bavuga ko bimaze imyaka 50 bikora umunsi ku wundi. Byubat...









