Nk’ubu kuri uyu wa Gatandatu hari itsinda ry’abasore bitwa Abarembetsi bafatanywe Litiro za kanyanga Polisi ivuga ko zirenga amagana n’ibilo bitanu by’urumogi. Mu kugenekereza,...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 9 Kanama, Polisi ikorera mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera k’ubufatanye n’abaturage yafatiye mu cyuho abagabo babiri bari bibye ihene ebyiri z’umuturan...
Gasabo: Mu Mudugudu wa Gisharara, Akagari ka Nyagahinga, Umurenge wa Rusororo mu Karere Gasabo Polisi iherutse kuhafatira abantu babiri bivugwa ko bacuruzaga urumogi. Umwe yamusanganye ibilo bibiri, u...
Umuyobozi mukuru wa Polisi IGP Félix Namuhoranye ubwo yaganirizaga abahoze ari Abarembetsi bo mu Murenge wa Cyanika bibumbiye muri Koperative ‘Twiheshe Agaciro Cyanika’ yabemereye inkunga ya Miliyoni ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge, Rwanda Standards Board, kivuga ko abayobora ibigo mu mashuri ayo ari yo yose bagomba kumenya ko mu gikoni atari ahantu hasanzwe. Ni ubutumwa iki kigo cyageneye...
Ku bufatanye bw’abashakashatsi mu binyabuzima bo mu Rwanda no mu Karere k’Afurika y’Uburasirazuba haherutse gutangazwa ko mu gishanga cy’Urugezi gikora kuri Gicumbi na Burera hari ubwoko bw’ibinyabuzi...
Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru yatashye inyubako nshya izakoreramo ibiro by’abakozi b’Akarere ka Burera. Burera yari kamwe mu turere tutagiraga inyubako nshya dukoreramo. Kugeza...
Ibarura ry’ibicuruzwa byari biri muri MAGERWA ishami rya Burera rivuga ko ibi byose byari bifite agaciro ka Miliyoni Frw 7. Mu Byumweru bike bishize nibwo inzu ibikorwamo ibicuruzwa bisorera ku mupaka...
Amakuru ava mu Karere ka Burera avuga ko mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru, ububiko bw’ibicuruzwa bwa MAGERWA hafi y’Umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda bwakongowe n’umuriro....
Jeanne d’Arc Nyiramahirwe usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete mu Karere ka Burera yaraye agejeje kuri Komisiyo y’igihugu y’amatora inyandiko zisaba kwemerwa kuziyamamaza nk’umugore uhaga...









