Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yabwiye bagenzi be bitabiriye Inama ihuza Afurika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ko imiyoborere mibi ari imungu ituma igihugu kizahara mu ngeri zose. Yabivugiye mu Nan...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye abandi bayobozi bari bahuriye mu Nama yo kwiga ku miterere y’icyibazo cy’abimukira yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga ko abaturage b’Afurika bagombye kuba iwabo mu ma...
*Umubano W’Amerika Na Zimbabwe ‘Uracyarimo Kidobya’ Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa arashinja Leta zunze ubumwe z’Amerika gukorana n’abatavuga rumwe na Leta mu mugambi wo kumuhirika. Avuga ko ...
Umuryango w’ibihugu by’i Burayi waraye usinyanye na Guverinoma y’u Rwanda amasezerano yo gufasha u Rwanda mu rugendo rwo kubaka uruganda rukora inkingo. Nicola Bellomo uhagarariye uriya muryango w’Aba...
Mu mezi make ashize, uvuye muri Bangladesh, ukambuka muri Nepal ukagera no mu Rwanda, abantu batunguwe no kumva ko inkingo za COVID-19 zabaye nke, bityo ko izari zibagenewe ‘zitakibonetse ku gihe.’ Im...
Si nka mbere ubwo bacaga muri Libya ahubwo ubu bahinduye umuvuno, kuko bari guca muri Maroc bagana muri Espagne. Mbere bacaga muri Libya bakambuka bagana mu Butaliyani. Mu bimukira 8000 bageze ku mwar...
Nyuma y’uko ubutegetsi bwa Joe Biden butangaje ko ingabo z’Amerika zigomba kuva muri Afghanistan mu gihe gito kiri imbere, ibigo by’ubutasi by’Abanyaburayi n’Amerika byatangiye kwisuganya kugira ngo b...
Abanyaburayi ntibavuga rumwe mu gukoresha urukingo AstraZenica rw’Abongereza ariko rukorerwa mu nganda zabo ziri mu Buhinde. Imwe mu mpamvu zitavuzwe ni uko harimo agahimano mu by’ubukungu ibihugu bik...
Ku basanzwe bakurikirana imikorere ya FIFA muri iki gihe, bemeza ko ibyayo biri gusubirwamo. Imwe mu ngingo yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda y’uko FIFA yagira icyicaro...








