Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Dr Vincent Biruta yaraye abwiye abandi bayobozi ko muri iki gihe ibigaragara ku isi byerekana ko iterabwoba riri gufata indi ntera. Biruta yasobanuye ko ingabo z’utur...
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije n’abafatanyabikorwa bayo yatangije umushinga ugamije kuzafasha abahinzi guhinga bakeza kandi ibyeze bigatunganywa kugira ngo bizagirere benshi akamaro. Ni umushinga wi...
Imyagaragambyo imaze iminsi muri Suwede yafashe indi ntera ubwo abari bayirimo batwikaga igitabo gitagatifu cya Islam kitwa Korowani. Byarakaje abasilamu biganjemo abo muri Turikiya. Ubutegetsi bw’i A...
Dmitry Medvedev wigeze kuba Perizida w’u Burusiya akaba na Minisitiri w’Intebe inshuro nyinshi yatangaje ko u Burusiya batazemera gusebera muri Ukraine ngo bwatsinzwe ahubwo ko nibusanga ari ngombwa ...
Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, Hon Donatille Mukabalisa avuga ko u Rwanda rushima uko umubano warwo n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi uhagaze muri iki gihe. Ni nyum...
Abagenzacyaha bo muri Polisi y’u Bubiligi bari mu iperereza rimaze gufatirwamo abantu barimo n’uwahoze ari Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi ukurikiranyweho kwakira ruswa y...
Ubumwe bw’u Burayi bwasohoye itangazo bwemera ko bugiye kurekura Miliyoni € 20 yo gufasha u Rwanda mu kazi ruri gukorera muri Mozambique ko kwirukana ibyihebe byari byarayogoje Cabo Delgado ndetse by...
Abashoramari bo mu Rwanda baganiriye na bagenzi babo bo mu Kirwa cya Barbados mu rwego rwo guhana amakuru y’aho buri ruhande rwashora imari. Abo muri Barbados bavuga ko bafite ahantu henshi Abanyarwan...
Ibi bigo byasinye amasezerano y’ubufanye agamije guteza imbere imishinga y’urubyiruko rw’u Rwanda. Ni amasezerano y’umwaka umwe azibanda mu gutera inkunga imishinga mito n’iciriritse, SMEs, izakorwa n...
Afurika iri inyuma mu bintu byinshi birebana n’iterambere ariko iyo bigeze k’umuvuduko wa murandasi ho usanga bikomeye cyane. Nk’ubu igihugu cya mbere gifite iyihuta kuri uyu mugabane ni Afurika...









