Prudence Sebahizi yageze i Bujumbura mu Burundi yitabiriye Inama ya 23 y’Isoko Rusange rya Afurika y’Uburasirazuba n’Amajyepfo (Common Market for Eastern and Southern Africa, COMESA) itangira kuri uy...
Minisiteri y’ubuzima mu Burundi itangaza ko abantu 300 ari bo bamaze kubarurwa ko banduye ubushita bw’inkende, abenshi muri bo bakaba ab’i Bujumbura. Komini ya Ntahangwa niyo ifite benshi kuko ari ab...
Ahitwa Kamenge mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi hatewe grenade ikomeretsa abantu barindwi. Zatewe ku tubari turi muri uyu mujyi kandi bibera hafi mu gihe kimwe. Nyuma yabyo, Polisi y’Uburundi ya...
N’ubwo yishimiye ko igitaramo cye cyitabiriwe kandi kigashimisha abantu, ku rundi ruhande The Ben yibwe telefoni ubwo yari yagiye guhura n’abafana be muri ‘Meet and Great’ yabaye ku wa Gat...
Mu Burundi hari amakuru avuga ko Polisi n’ingabo z’Uburundi boherejwe ku bwinshi aho radio na television z’iki gihugu bakorera. Kugeza ubu nta makuru aratangazwa kuri uko kugaragara ‘kudasanzwe’ cy’a...
I Bujumbura haravugwa indwara ya macinyamyambi (le cholera) yibasiye abaturage. Ni indwara iterwa no kurya cyangwa kunywa ibintu bifite udukoko twanduza amara. Uyirwaye arangwa no guhitwa bikomeye nde...
N’ubwo itarerura ngo itangaze ko yivanye mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC, Repubulika ya Demukarasi ya Congo iri gukora uko ishoboye ngo ikorane na Angola na Afurika y’Epfo. Abasesengura b...
Umuhanzi Kenny Sol yaraye ageranye i Bujumbura na Dj Brianne uvanga imiziki. Batumiwe mu bitaramo bibiri bazakorera i Bujumbura n’i Gitega mu mpera z’iki Cyumweru kizarangira taliki 11, Gashyantare, 2...
Minisiteri ishinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Burundi ivuga ku guhera kuri uyu wa Gatandatu taliki 07, Mutarama, 2023 yatangiye gusubiza mu cyaro Abatwa bari baraje gusabiriza i Bujumbura. Minisi...
Umugabo n’umugore bashakanye bamenyekanye mu ndirimbo zihimbaza Imana nka James na Daniella bari gutegura indirimbo zirobanuye bazataramira Abarundi mu mpera z’umwaka wa 2022. Ni igitaramo cyateguwe n...









