Indege yitwa Flight AI171 yari ihagarutse mu Buhinde yerekeje mu Bwongereza yahiye igihaguruka. Yari irimo abantu 242. Muri bo 169 bari Abahinde, abandi 53 ari Abongereza nk’uko BBC ibyemeza. Harimo k...
Abaturage bo mu gace ka Gujarat mu Buhinde bazindukiye mu matora y’Umukuru w’igihugu ariko mu bushyuhe bugera kuri 40C. Si muri Gujarat gusa ahubwo n’ahandi bazindutse mu cyakare ngo...
Umunyamerika Rihanna aherutse kuyora akayabo mu gito gito cyane. Ayo ni amafaranga angana na miliyoni € 5 ni ukuvuga miliyoni $6.33 yakoreye mu gihe cy’isaha imwe n’iminota 30. Ni amafaranga abantu b...
Bijya gutangira hari taliki 14, Kanama, 2017 mu masaha ya kare mu gitondo ubwo ikigo Akagera Business Group cyatangarizaga kuri Twitter ko cyahaye ikigo Nile Safaris Express imodoka za bisi zo mu bwok...
Mu Murwa mukuru wa Nepal, Kathmandu, hari imiborogo nyuma y’urupfu rw’abantu 143 bishwe n’umutingito ukomeye wabatunguye baryamye. Abahanga bapimye basanga wari ufite igipimo cya Richter cya 5.6 ndets...
Impaka za ‘ngo turwane’ zatumye abagabo bateranira igipfunsi mu ndege. Video yafashwe yerekana abagabo babiri baterana igipfunsi nyuma yo gushyogozanya hakabura uwacira undi bugufi ngo yic...
Ingabo z’u Buhinde zongerewe ku mupaka ubugabanya n’u Bushinwa. Ababonye ubwinshi bw’ingabo z’iki gihugu kuri uriya mupaka bavuga ko ari ubwa mbere hashyizwe abasirikare benshi kuri kiriya kigero. Mu...
Imbeba zaravugwaho kurya urumogi Polisi yo mu Buhinde mu Ntara ya Uttar Pradesh yari yararunze ahantu ngo izarujyane mu rukiko gushinja abantu yari imaze iminsi irufatanye. Ubu Polisi iri mu kwibaza u...
Umwe mu bahanzi bari bakunzwe kurusha abandi witwa Yvan Buravan yapfuye. Yaguye mu Buhinde azize cancer y’urwagashya nk’uko byatangajwe n’abasanzwe bakurikirana inyungu ze. Apfuye akenyutse kuko yari...
Abakora mu rwego rw’ubuzima muri Koreya y’Epfo batangaje ko bari mu biganiro n’ibigo byo muri Amerika n’u Burayi kugira ngo bayifashe gushinga uruganda rukora inkingo za COVID-19 zo mu bwoko bwa Pfize...









