Abakobwa biga mu kigo cy’abakobwa kiri ahitwa Maranyundo mu Karere ka Bugesera bamenye ko bagenzi babo ( ibyo bita ikigare), n’imbugankoranyambaga ari bimwe mu bibashora mu byaha birimo gukoresha ibiy...
Mu mukino wabereye kuri Stade ya Bugesera kuri uyu wa mbere, APR FC yatsinze ibitego bitatu ku busa Gorilla FC. Iyi kipe yasabwaga nibura inota rimwe ngo ibone itike yo kujya mu makipe umunani azakin...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police(CP) John Bosco Kabera yihanije abashoferi baha abapolisi ruswa bayita ‘amazi yo kunywa’ ngo ni uko bishwe n’izuba. Yavuze ko ntawe ukwiye kubikora...
Bwana Richard Mutabazi uyobora Akarere ka Bugesera avuga ko ikigo cy’itumanaho MTN gihemukira abakiliya bacyo kikabakata amafaranga bishyura cyangwa babikuza bakoresheje ikoranabuhanga. Mutabazi kuri ...
Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Perezida Paul Kagame ari buhe abasirikare 700 ipeti ry’aba Ofisiye bato. Ni umuhango uri bubere mu kigo cya Gisirikare kiri i Gako mu Karere ka Bugesera. Aba ba...
Imyaka ibiri irashize Uturere twa Bugesera na Gisagara twunganiwe na Croix Rouge mu bijyanye n’imbangukiragutabara zifashishwa mu gutwara indembe, ndetse ibimenyetso bigaragaza ko ubu bufatanye burimo...
Ikigo cy’Abanyamerika gikora imashini zikora imihanda n’izihinga rwitwa John Deere rugiye kubaka uruganda rukora imashini zihinga zikanakora imihanda zitwa mu Kinyarwanda: Tingatinga(caterpillars) na ...
Ibyemezo byafashwe na Guverinoma y’u Rwanda nyuma yo kuganira n’abagize Sosiyete Sivile harimo n’abanyamadini bivuga ko uturere twa Nyanza, Bugesera na Gisagara twari twarakomanyirij...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera yagaruje 2.000.000 Frw z’uwitwa Karegeya Sandrine, bikekwa ko yari yibwe n’umusore w’imyaka 32. Ayo mafaranga yabuze ku wa 2...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko igipimo kiri hejuru cy’ubwandu bwa COVID-19 ari cyo cyatumye uturere twa Nyanza, Bugesera na Gisagara tudakomorerwa, ubwo hafungurwaga ingendo zihuza I...









