Nyuma yo gufata umugabo wo mu Karere ka Bugesera akurikiranyweho kwangiza inkingi zifata amapiloni y’amashanyarazi, Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’i Burasirazuba Superintendent of Police(SP) Hamdun T...
Saa cyenda z’amanywa zirenzeho iminota micye nibwo abakobwa 20 baherutse gutoranywa ngo bahatire ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2022 bageze mu Karere ka Bugesera mu mwiherero w’Ibyumweru bibiri aho...
Umwe mu bakobwa baharanira kuzambara ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2022 witwa Melissa Keza avuga ko yiyiziho ubwiza n’ubwenge. Ndetse ngo nta n’umuco yataye. Afite umushinga avuga ko nat...
Abo mu Mushinga See Far Housing bavuga ko bufite umugambi munini wo kubaka inzu zikodeshwa mu Bugesera, muri Kicukiro, muri Muhanga, muri Rusizi no muri Rubavu zizuzura zifite agaciro ka Miliyari 30 ...
Imibare itangazwa kugeza ubu yerekana ko abantu 11 barimo abo mu Karere ka Gasabo n’abo mu Karere ka Bugesera ari bo bishwe n’inzoga Umuneza ikorwa n’Uruganda RWANDABEV Ltd. Ubugenzacyaha bwamaze guf...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwashyikirije ubwa Komini Busoni ibikoresho birimo amato gakondo 22, ingashyo 31, imitego 23 n’ibindi byafatanywe abarobyi b’Abarundi barimo kuroba mu kiya...
Igitekerezo cyo kubaka uruganda rw’inkingo mu Rwanda cyatangiye kuza mu mutwe w’abakorera uruganda Siemens rwo mu Budage mu mwaka wa 2018. Tariki 10, Ukwakira nibwo itsinda ryabo riyobowe na Sabine Da...
Umusore ubarizwa mu rubyiruko rw’abakorerabushake mu Mujyi wa Kigali yemeye ko yashyize umukobwa ku rutonde rw’abikingije COVID-19, kandi atarigeze ahabwa urukingo. Uwo musore wiga muri imwe mur...
Bamwe mu bantu bakuru bavuga ko urubyiruko rw’u Rwanda muri rusange rutumva inama ruhabwa n’ababyeyi, iyi ikaba imwe mu mpamvu zituma rwishora mu busambanyi, gukoresha ibiyobyabwenge n’indi myitwarire...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Juru mu Karere ka Bugesera bugambiriye kugabanya ibitera ibyaha mu baturage bityo abaturage bakabizibukira. Umunyamabanga nshingwabikorwa wawo Fred Rurangirwa yabwiye Taarifa ...









