Emmanuel Nzarubara uvugwaho ubujura bw’intsinga yaraye arashwe arapfa. Polisi ivuga ko yarashwe ubwo yashakaga gucika. Yarasiwe mu Murenge wa Ruhashya, Akagari ka Muhororo, Umudugudu w’Agasharu mu Kar...
Mu Murenge wa Mayange haravugwa inkuru y’abantu itangazamakuru ryasanze mu rugo rw’umuntu bivugwa ko ari umuvuzi wa gakondo baboheye amaboko inyuma n’amaguru nayo aziritse ku nkingi ziteye ahantu haga...
Abasirikare bakuru mu ngabo z’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y;Uburasirazuba, EAC, bahuriye mu Bugesera mu kigo cya gisirikare cya Gako baganira uko imyitozo yiswe USHIRIKIANO IMARA 2024 izagenda....
Mu Karere ka Bugesera ahari ikigo gitoza abapolisi batabara aho rukomeye haraye habereye umuhango wo kwakira abagera kuri 228 barangije imyitozo y’ibanze agenga akazi kabo. Ni amasomo bita ‘Spec...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, Eric Rwigamba yabwiye abanyeshuri 84 barangije itorero ryabereye mu Ishuri rikuru ryigisha ubuhinzi n’ubworozi bibungabunga ibidukiki...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yasabye abarangije kuri Kaminuza yigisha iby’ubuhinzi barangije amasomo yabo mu Karere ka Bugesera kuzakoresha ubwo bumenyi bavugurura ubw’Afurika. Avuga ko ubuhinzi bug...
Abafashwe ni abasore babiri bafite imyaka 19 y’amavuko na mugenzi wabo w’imyaka 18. Bafashwe kuri uyu wa Kabiri taliki 20, Kamena, 2023, bafatirwa mu Mudugudu wa Nyarusange, Akagari ka Remera mu Muren...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye abayobozi mu kigo cy’Abadage gikora imodoka kitwa Volkswagen baganira ku mishinga gifite mu Rwanda irimo no kubaka ikigo gikora imashini zihinga kandi...
Akarere ka Bugesera ni ko karere ka mbere mu Rwanda gafite ibiyaga byinshi ugereranyije n’utundi. Intara y’Uburasirazuba kandi niyo ya mbere ifite ibiyaga byinshi. N’ubwo ari uko bimeze, abatuye iki g...
Prof Jeannette Bayisenge uyobora Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango yabwiye abitabiriye umuhango wo kwibuka imiryango y’Abatutsi yazimye ko icyuho iriya miryango yasigiye u Rwanda ari...









