Imashini zicukura zikomeje gushakisha abantu babiri bagwiriwe n’ikirombe kiri ahitwa Batima mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Rweru. Nyuma y’uko inkuru yo kugwirwa n’ikirombe imenyekanye, abaturage ...
Mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera haravugwa inkuru mbi y’abantu batatu bagwiriwe n’ikirombe, umwe abasha kuvanwamo ari muzima ariko abandi babiri baracyashakishwa. Umunyamabanga nshingwabikor...
Icyemezo cy’Uburundi cyo gufunga imipaka yabwo yose ibuhuza n’u Rwanda cyatangiye kugira ingaruka kubera ko nk’uko byazindutse bigaragara, nta kamyo yemerewe guca ku mupaka wa Nemba mu Karere ka Buges...
Ku bufatanye bwa Leta y’u Rwanda n’ikigo cyo muri Maroc, Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prof Jean Chyrsostome Ngabitsinze yatashye uruganda rukora ifumbire ingana na toni 100,000 ku mwaka. Rwubatswe...
Abagize Unity Club bahagarariye abandi basuye ababyeyi b’Impinganzima baba mu rugo rwa Bugesera babashimira umutima wo gutwaza wabaranze mu mwaka wa 2023 banabifuriza kuzagira umwaka mushya muhi...
Padiri wo muri Paruwasi ya Nkanga mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera witwa Gakuba Célestin yagonze abantu yicamo babiri undi arakomereka cyane. Yari atwaye imodoka ya Jeep Toyota Hilux RAE 001I...
Mu Karere ka Bugesera haravugwa abana b’abakobwa bafite hagati y’imyaka 12 na 16 bakora uburaya. Umuyobozi w’aka Karere Richard Mutabazi yabwiye itangazamakuru ko atari azi iki kibazo, ko kigiye guhag...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ibikorwa remezo, Patricia Uwase yatangaje ko amashanyarazi azacanira ikibuga Cya Bugesera azakururwa mu rugomero rwa Rusumo ruri hafi gutahwa. Intego ni u...
Kuri uyu wa Kane taliki ya 12 Ukwakira 2023, mu kigo cya Polisi gitangirwamo amahugurwa yo kurwanya iterabwoba (CTTC), giherereye i Mayange mu Karere ka Bugesera, hatangijwe amahugurwa y’ibanze ...
Nyuma yo kunganya na Bugesera FC igitego 1-1 mu mukino waraye uhurije aya mapike muri Kigali Pelé Stadium, abafana na APR FC ntibishimiye uku kunganya, ubu bakaba basaba ubuyobozi bw’iyi kipe kwiruk...









