Video:Ubuzima bw’abakobwa 20 bazavamo Miss Rwanda mu Mwiherero bakorera mu Bugesera buba bwihariye. Mu gitondo bazinduka bagorora ingingo, bakabikora babiyobowemo n’umutoza w’umusore. Ab’uyu mwaka bar...
Abakobwa 20 baherutse gutoranyirizwa kujya mu mwiherero uri kubera mu Bugesera bitegura kuzatoranywamo Miss Rwanda 2021 beretswe kandi baratirwa ubwiza bw’imodoka uzabahiga azegukana. Baretswe iyo mod...
I Nyamata mu Karere ka Bugesera, haguye ishyano ubwo abantu basangaga umurambo w’umusore w’imyaka 25 y’amavuko witwa Jean Paul Nsabigaba yiyahuye yimanitse. Amakuru dukesha abo mu muryango we avuga ko...
Itiyo nini ivana amazi ku ruganda rwa Kanyonyomba na Ngenda ikayakwiza ahandi mu Karere ka Bugesera yaturitse. Kugira ngo isanwe byabaye ngombwa ko amazi mu karere kose aba afunzwe. Ubuyobozi bw’Ikigo...
Mu Karere ka Bugesera hatashywe uruganda rutunganya amazi rukazayasaranga mu mirenge imwe n’imwe y’aka karere ndetse rugasagurira iy’Umujyi wa Kigali. Rwatashywe na Minisitiri w’ibikorwa remezo Ambasa...
Niyoyita Peace atuye mu Kagari ka Cyugaro, Umurenge wa Ntarama, mu Karere ka Bugesera ari n’aho yororera ingurube. Avuga ko n’ubwo ubworozi bwazo bwungura ubukora, ariko bagihura n’ikibazo cy’uko nta ...
Nyuma yo kubona ko hari ikibazo cy’imbuto za macadamia zitubuwe, Bwana Stanley Nsabimana yatangije ikigo gihumbika kikanatubura ingemwe za kiriya giti. Macadamia ni igiti cyera imbuto ziba zifitemo iz...
Ku Cyumweru taliki 13, Ukuboza, 2020 Umugaba w’ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura yahuye na mugenzi we uyobora ingabo za Qatar, Lieutenant General Ghanem bin Shaheen al-Ghanem bagirana ibiganiro....
Ahitwa ku Karumuna mu murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera hari abaturage bataka ko umwotsi uva mu ruganda rukora impu wivanga n’umunuko uruvamo bikabahumanya. Uruganda rutunganya impu rwitwa Kiga...








