Ishami rya Polisi y’Ubugereki rishinzwe kurinda amazi rirashinjwa kujugunya mu Nyanja abimukira abagera kuri 40 bagapfa. Amashusho yabonywe na MailOnline agaragaza abapolisi b’iki gihugu bakubita inko...
Buri taliki 23, Mata, buri mwaka isi izirikana akamaro k’ibitabo mu bantu. Ibitabo nibyo bikoresho byagiriye abantu akamaro kurusha ibindi nyuma y’ubuhinzi. Ubuhinzi bwatumye bakura hafi y’aho batuye ...
Muri iki gihe abantu bacye nibo batira igitabo. Ndetse gutunga ibitabo ntibigifatwa nk’ikintu kidasanzwe mu mibereho ya muntu. Ariko rero, siko byahoze. Mu Bugereki na Roma bya cyera, gutira umuntu i...


