I Kigali hari kubera Ihuriro ry’abanditsi b’amateka ngo bigire hamwe uko barushaho kwandika aya Jenoside yakorewe Abatutsi kandi mu Gifaransa. Bahuye habura igihe gito ngo Abanyarwanda bib...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijmana yaraye yakiriye Philippe Orliange, akaba ari Umuyobozi nshingwabikorwa w’Ikigega cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Françai...
Georges- Louis Bouchez uyobora ishyaka ry’aba Liberale( Parti Libéral Belge) yabwiye abari bamuteze amatwi mu kiganiro mpaka ku bibera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ko ibibazo iki gihugu gif...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubufaransa iyobowe na Stéphane Sejourné yasohoye itangazo rivuga ko iki gihugu gisaba u Rwanda kuvana ingabo zarwo n’intwaro ku butaka bwa Repubulika ya Demukarasi y...
Ikigo cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Française de Développement (AFD), cyahaye u Rwanda miliyoni €20 angana hafi miliyari Frw 26.3 yo kurufasha gukomeza gushyira mu bikorwa ga...
Guverinoma y’u Rwanda ihagarariwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi ushinzwe umutungo wa Leta Richard Tushabe yasinyanye n’Ubufaransa amasezerano y’uko iki gihugu kizaha u...
Nyuma ya Joe Biden, kuri uyu wa Kabiri, taliki 24, Ukwakira, 2023, Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron nawe arajya muri Israel kuganira n’abayitegeka ngo abasabe kugabanya uburakari bafitiye abatuye...
Urwego rw’igihugu rw’Iterambere, RDB, rwaraye rugiranye amasezerano n’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika ari mo ingingo y’uko ku myambaro y’amakipe azakira imikino ya Africa Football...
Iterambere ry’u Rwanda muri rusange ribanziriza mu Murwa mukuru warwo ari wo Kigali. N’ubwo ryaguka rikagera n’ahandi vuba kuko igihugu ari gito kandi kiyobowe neza, ibintu byose biranga iterambere ry...
Nyuma y’ibiganiro byabaye hagati ya Minisitiri w’Intebe wa Niger hamwe n’ubuyobozi bw’Ubufaransa, byatangajwe ko ingabo z’iki gihugu ziri hagati y’abantu 1200 na 1500 zitangira kuva muri Niger. Jeune ...









