Perezida Paul Kagame uri mu Busuwisi mu Nama y’Ihuriro ry’ubukungu mpuzamahanga aho amaze iminsi ahura n’abayobozi batandukanye kandi bari mu bakomeye ku isi. Kuri uyu wa Kane taliki 26, Gicurasi, 202...
Perezida Paul Kagame yaraye yitabiriye ikiganiro cyamuhuje n’abayobozi b’Intara ya Rhineland-Palatinate mu Budage. Cyari ikiganiro kigamije kwishimira imyaka 40 impande zombi zimaze zifitanye umubano....
Ingabo z’u Burusiya zabaye zigenjeje amaguru macye mu ntambara zatangije muri Ukraine nyuma y’uko urubura ruherekejwe n’ubukonje bukabije biziguye hejuru. Ubu mu bifaro byazo ziratuje zitegereje ko ik...
Svanja Schulze ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga bw’u Budage yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi uri ku Gisozi. Mu gitabo cy’abashyitsi yanditsemo ko n’ubwo u Rwanda rwaciye muri Jenoside i...
Ibiro by’Umukuru w’igihugu byatangaje ko Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye itsinda ryaturutse mu Budage riyobowe na Svenja Schulze, uyu akaba ari Minisitiri ushinzwe ubukungu mu Budage. Ku ruk...
Umukuru w’igihugu yaraye ahuye na Madamu Malu Drayer uyobora Intara ya Rhénanie-Palatinat. Afite inshingano zimuha uburenganzira bwo kwitwa Minisitiri akaba na Perezida wa Rhénanie-Palatinat, imwe mu ...
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abayahudi u Rwanda rwifatanyijemo n’Ambasade ya Israel, Ambasaderi w’u Budage mu Rwanda Dr. Thomas Kurz yavuze ko igihugu cye gi...
U Rwanda n’u Budage ni ibihugu bifitanye amateka kuva mu Ntangiriro z’Ikinyejana cya 20 ubwo Inama yabereye i Berlin iyobowe na Bismarck yemezaga ko u Budage bugabanye igice cyahozemo ubwami bw’u Rw...
Igitekerezo cyo kubaka uruganda rw’inkingo mu Rwanda cyatangiye kuza mu mutwe w’abakorera uruganda Siemens rwo mu Budage mu mwaka wa 2018. Tariki 10, Ukwakira nibwo itsinda ryabo riyobowe na Sabine Da...
Raporo iherutse gusohoka ishinja Amerika kumviriza ibiganiro hagati y’abategetsi b’ibihugu bikomeye by’u Burayi birimo u Bufaransa n’u Budage ibifashijwemo na Denmark yateje umwuka mubi. Ibi bihugu b...









