Bijya gutangira hari taliki 14, Kanama, 2017 mu masaha ya kare mu gitondo ubwo ikigo Akagera Business Group cyatangarizaga kuri Twitter ko cyahaye ikigo Nile Safaris Express imodoka za bisi zo mu bwok...
Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege i Doha muri Qatar Perezida w’Ubudage witwa Frank Walter Steinmeier yamaze iminota igera kuri 30 ategereje ko hari umuyobozi wo Qatar uza kumwakira yahebye. Ikinyamaku...
Urwego rw’igihugu rw’Iterambere, RDB, rwaraye rugiranye amasezerano n’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika ari mo ingingo y’uko ku myambaro y’amakipe azakira imikino ya Africa Football...
Abanyaburayi bazi neza ko Amerika ari igihugu kibafitiye akamaro kandi hari bamwe muri bo berura bakabivugira ku mugaragaro. Mu mwaka wa 1999 ubwo muri Kosovo habaga ubwicanyi bamwe bavuga ko bwakwitw...
Umuvugizi wa Guverinoma ya Chad witwa Aziz Mahamat Saleh yavuze ko igihugu cye cyategetse ko Ambasaderi w’u Budage agomba gutaha iwabo bitarenze amasaha 48. Muri Ambasade y’u Budage nabo bemereye AFP ...
Kuri Twitter hari video yahashyizwe n’ubuyobozi bw’uruganda BioNTech rwo mu Budage ivuga ko ibisanduku bitandatu bigize icyiciro cya mbere cy’ibyumba bizaba bigize uruganda rw’inkingo rugiye kubakwa m...
Amakuru atangazwa ku rubuga ruvuga uko inyamaswa zo muri Pariki y’Akagera zibayeho, avuga ko iyi pariki mu gihembwe gishize yinjirije u Rwanda $ 1,500,000. Ni Miliyari imwe n’igice uyavunje mu mafaran...
Mu mwaka wa 1982 nibwo abayobozi b’u Rwanda n’ab’Intara yo mu Budage yitwa Rhineland-Palatinate watangiye. Ni umubano wari ugamije gufasha u Rwanda kuzamura inzego zarwo zirimu urw’uburezi, ubuzima, ...
Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Felix Namuhoranye ari kumwe na Ambasaderi w’u Budage mu Rwanda Dr.Thomas Kurz batangije amahugurwa agenewe abapolisikazi b’u Rwanda. Aziban...
Minisitiri w’Intebe w’u Budage( Chancelier) olaf Scholz yabwiye abasirikare bakuru mu ngabo ze ko igihe kigeze ngo u Budage bube igisirikare gifite ibikoresho bihambaye kurusha ikindi gihugu icyo ari ...









