Uwo ni Alfred Antoine Uzabakiliho umaze igihe akoresha amazina ya Gitifu Sebatware kuri X akibasira abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu buryo bweruye. Ibigo bikora ubushakashatsi kuri Jenoside ya...
Mu Mujyi wa Libramont- Chevigny mu Bubiligi haherutse kubera imurika ry’ibyagezweho mu buhinzi n’ubworozi bukorerwa mu bihugu by’Ubumwe bw’Uburayi ariko Abanyarwanda bororera ingurube mu Rwanda ...
Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) yahakanye iby’uko u Rwanda rwanze Umubiligi watoranyijwe ngo abe Intumwa yihariye yawo mu karere k’ibiyaga bigari, Bernard Quintin. Le Monde yo ku ...
Amakuru Taarifa igikusanya aremeza ko Fabien Neretse wari warahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi akaba yari afungiye mu Bubiligi yapfuye. Yari yarahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe A...
Kuva yahagarikwa ubu hashize imyaka 30, nibwo bwa mbere Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 yibutswe n’abakora ku cyicaro cy’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi bakorera i Brussels mu Bubiligi. Ku w...
Georges- Louis Bouchez uyobora ishyaka ry’aba Liberale( Parti Libéral Belge) yabwiye abari bamuteze amatwi mu kiganiro mpaka ku bibera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ko ibibazo iki gihugu gif...
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Ihuriro mpuzamahanga ryiswe Global Gateway Forum ryabereye mu Bubiligi, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yababwiye ko imikoranire ya Leta n’abikorera ku giti ...
Umunyarwanda witwa Yves-Marie Umuhire wari waraburiwe irengero aho yabaga mu Bubiligi bamusanze yapfuye. Hatangiye iperereza ku rupfu rwe. Ku Cyumweru taliki 25, Ukuboza, 2022 ababanaga nawe baramuteg...
Abagenzacyaha bo muri Polisi y’u Bubiligi bari mu iperereza rimaze gufatirwamo abantu barimo n’uwahoze ari Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi ukurikiranyweho kwakira ruswa y...
Umwaka wa 2022 ni umwaka uvuze byinshi ku mubano w’ejo hazaza hagati ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’u Bubiligi. Niwo mwaka umwami w’u Bubiligi yasuye Kinshasa ndetse ni nawo ubutegetsi bw’i Br...









