Byasaga n’aho gutaramira Abarundi byari bitagishobotse kuri Bruce Melodie wari umaze hafi iminsi itatu aburabuzwa n’umushoramari witwa Toussaint Bankuwiha wamuteje Polisi ngo imufunge kubera ko yamwam...
Minisiteri y’Umutekano mu Burundi yatangaje ko ibitaramo umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Israel Mbonyi, yifuzaga gukorera muri icyo gihugu bitazaba, kubera ko nta burenganzira bw’ubu...
Umuhanzi Bruce Melodie yatandukanye na Juno Kizigenza na Kenny Sol nyuma y’umwaka umwe abafasha mu muziki, bakaba bagiye gutangira urugendo rushya ku giti cyabo. Ni abahanzi yafashije gutangira urugen...
Umuhanzi Bruce Melodie yashyize umukono ku masezerano n’inyubako iberamo ibikorwa bitandukanye, Kigali Arena, akazayibera ambasaderi mu gihe cy’imyaka itatu. Ni amasezerano afite agaciro kabarirwa mur...
Mohamed Salah na bagenzi be bakinana muri Liverpool FC yo mu Bwongereza, bagaragaye bakora imyitozo yo kongera imbaraga, ku ruhande barimo kumva indirimbo Fresh y’umuhanzi Bruce Melodie. Ni amas...




