Perezida wa Guinea Bisau witwa Umaro Sissoco Embaló yatangaje ko igihugu cye cyakiriye Bozizé wahageze kuri uyu wa Mbere. François Bozizé ubu afite imyaka 76 akaba yari amaze imyaka hafi itatu aba...
Uyu mugabo wigeze kuyobora Centrafrique ubu aba mu ishyamba rito rituranye na Pariki ya Nana-Barya n’iya Bamingui mu gace kitwa Kabo muri Centrafrique. Afite abantu barenga 30 bashinzwe kwita ku buzim...
Mu rwego rwo kumenya aho abarwanyi bageze kugira ngo bakumirwe hagamijwe kurinda abasivili, ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa bya MINUSCA byo kurinda abaturage zirakoresha drones kugira ngo zimenye ah...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yasohoye itangazo ivuga ko n’ubwo yatakaje umusirikare mu bayo bari kugarura amahoro muri Centrafrique, ko abasirikare bayo bataciwe intege nabyo ahubwo ko bakomeza akaz...



