Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama mukuru wa Perezida wa Amerika ku byerekeye Afurika avuga ko nyuma y’uko Ibiro bye bikoranye n’ubuyobozi bw’u Rwanda na DRC mu gukora umushinga uhuriweho wo kugarur...
Kuri uyu wa Gatanu Tariki 25, Mata, 2025, bitaganyijwe ko Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb.Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa DRC Thérèse Kayikwamba Wagner bari businyire imbere ya M...

