Thapelo Tsheole wari usanzwe ari umuyobozi mukuru w’ikigo cya Botswana gishinzwe imari n’imigabane yahawe uyobora ikigo gikora iyo mirimo mu Rwanda kitwa Capital Market Authority, CMA. Mu minsi 30 nib...
Mu rwego rwo kurushaho kunoza imikoranire na Polisi yo muri Botswana, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Félix Namuhoranye n’itsinda ayoboye bari mu ruzinduko rw’akazi muri iki gi...
Perezida Félix Tshisekedi yabwiye abanyamakuru ko ingabo z’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba zoherejwe mu gihugu cye zitakihifuzwa kuko n’igihe zari zarahawe kizarangirana na Kamena, 2023. Hari mu ...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza avuga ko umubano Polisi y’u Rwanda ishaka kugirana n’iy’uwa Botswana ushingiye k’ubuyobozi n’umubano by’Abakuru b’ibihugu byombi, Kagame na Masisi...
Umuyobozi Mukuru w’agateganyo wa Polisi ya Botswana witwa Phemelo Ramakorwane yakiriwe na IGP Dan Munyuza, mugenzi we uyobora Polisi y’u Rwanda. Ni mu ruzinduko rw’Icyumweru azamara mu Rwanda. Ku rub...
Guhera taliki 17-29 Ugushyingo, 2022 u Rwanda ruzakira imikino mpuzamahanga yo gushaka itike yo kuzajya mu gikombe cy’Isi umwaka utaha ICC World Cup T20 Men’s Africa qualifiers. Rizitabirwa n’ibihugu ...
Itangazo rya Minisiteri y’ingabo za Botswana ryasohotse kuri uyu wa Gatatu rivuga ko hari umusirikare wa kiriya gihugu wapfiriye muri Mozambique. Ingabo z’iki gihugu ziri muri Mozambique mu rwego rwo ...
Guverinoma ya Botswana yiyongereye ku bihugu birimo kwikoma Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe (AU), Moussa Faki Mahamat, bimushinja gufata icyemezo cyo kwakira Israel nk’indorerezi mu murya...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye kuri uyu wa 01, Kanama, 2021 nibwo ingabo za Afurika y’Epfo, South African National Defense Force (SANDF)zageze ahitwa Pemba. Hari ubwato bwazao bw’intambara buri mu Ny...
Botswana yohereje abasirikare 296 muri Mozambique, nk’itsinda ry’ingabo z’Umuryango w’Ubukungu bwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) zoherejwe mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado. Ni ubw...









