Kutemeranya na Amerika ku gitero Israel iri gutegura ku mujyi wa Rafah byatumye bombe Washington yagombaga guha Yeruzalemu izihagarika. Nta cyo Israel irabivugaho kugeza ubu. Bombe nini zagombaga guha...
Amakuru ava mu Mujyi wa Dera Ismail Khan muri Pakistan avuga ko umwiyahuzi yiturikirijeho igisasu ubwo yasatiraga ikigo cya Polisi agahitana abantu 32 barimo abapolisi 23. Iki gitero cyabereye mu Ntar...
Minisiteri y’ingabo z’Amerika yatangaje ko iki gihugu kiri gukora bombe atomique bise B61-13 ifite ubukana bukubye inshuro 24 iyo Amerika yarashe mu Buyapani i Hiroshima mu ntambara ya kabiri y’isi. A...
Ubutegetsi bwa Joe Biden buvuga ko bumaze igihe buteganya kuzoherereza Ukraine intwaro zibujijwe mu bihugu 120 kubera ko zingiza abantu mu buryo bubabaje kandi zikaba zizwiho kwica abana kandi nabi. I...



