Eddie Mutwe wari usanzwe ari mu basore barindira Bobi Wine umutekano yashimuswe ajyanwa ahantu hataramenyekana nk’uko ishyaka ry’uriya munyapolitiki ryitwa National Unity Platform, NUP, ribyemeza. Kur...
Robert Kyagulanyi usanzwe ari umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yamaze kuva mu bitaro aho yari yagiye kwitabwaho n’abaganga nyuma yo kuraswa mu kaguru k’ibumoso. Kuri uyu wa K...
Umuhanzi akaba n’Umunyepolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu wamamaye ku izina rya Bobi Wine yaraye arashwe akaguru. Ni ikibazo gikomeye kuri uyu muhanzi wigeze ku...
Nyuma y’uko uwiyamamarizaga kuyobora abandi banyeshuri ariko akaba ari uwo mu ishyaka rya Bobi Wine ryitwa National Unity Platform( NUP) akuwe ku rutonde bikarakaza abo muri iri shyaka, hari bamwe mu ...
Ku cyicaro cya Ambasade ya Uganda muri Amerika kiri i Washington habereye inama yakozwe n’itsinda ryoherejwe na Guverinoma ya Uganda ngo rizayihagararire mu nama Amerika izagirana n’Afurika kuri uy...
Mu gihe hasigaye amasaha make ngo Perezida Museveni arahirire kungera kuyobora Uganda kuri Manda ya gatandatu, umuhango uzaba kuri uyu wa Gatatu tariki 12, Gicurasi, 2021, Ibiro by’Ishyaka rw’uwo bar...
Mbere y’uko yinjira muri Politiki ntiyari azwi cyane n’Abanyaburayi n’Abanyamerika. Abasore n’inkumi z’i Kampala nibo bari bamuzi ku izina rya Bobi Wine. Yaje gusanga agomba kugira uruhare muri Politi...
Perezida Yoweli Museveni yaraye yemeye ko hari amajwi yibwe mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka kuba tariki 14, Mutarama, 2021 ariko akemeza ko uwo bari bahanganye[ wayatsinzwe] ari we wabyungukiyem...
Bobi Wine yaraye yanditse inyandiko ayigeza ku Rukiko rw’Ikirenga atanga ingingo zerekana ko yibwe amajwi mu Matora y’Umukuru w’Igihugu aherutse yatsinzwe na Yoweri Museveni. Abanyamategeko be basabye...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zitangaje ko zigiye kwicara zikiga ku bihano zafatira ubutegetsi bwa Uganda zibushinja ko bwibiye Museveni amajwi agatsinda Amatora y’Umukuru w’Igihugu aheruka. Yari ayaha...









