Batamuriza Faith uyobora Urwego rw’ubwizigame muri Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko ubwizigame bw’Abanyarwanda bugeze kuri 48%, umubare ukiri muto. Avuga ko nubwo ari uko bihagaze, muri rusange iki...
Jean-Marie Rugambwa ukora muri Banki Nkuru’u Rwanda asanga byagirira akamaro Abanyarwanda n’igihugu cyabo baramutse bitabiriye gushora imari mu kugura impapuro mpeshamwenda. Mu nyandiko yageneye Taari...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe bitangaza ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahinduye Guverineri wa Banki Nkuru Bwana John Rwangombwa amusimbuza uwari umwungirije Madamu Soraya Hakuziyaremye. Ubusan...
Hari abacuruzi babwiye itangazamakuru ko kubona amadolari bigoye. Iyo urikeneye byihuta cyane ugiye kuriguha ashobora kuguca andi madolari kugira ngo abone inyungu kandi ntuzuyaza kuyamuha kuko uba ub...
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa yatangaje ko ikigo ayoboye cyiyemeje guhugura mu by’imari n’ibaruramutungo abiga amashuri yisumbuye. Ni gahunda yari isanzwe ihabwa abiga Kam...
Mu rwego rwo gufasha abaturage babitsa muri Banki zo mu Rwanda kugeza ibibazo byabo kuri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), iki kigo cyabashyiriyeho uburyo kise ‘Intumwa Chatbot’. Ni uburyo bw’ikoranabuhan...
Umukuru w’u Rwanda avuga ko n’ubwo Abanyafurika benshi(80%) bafite telefoni zigendanwa kandi zifite ubushobozi bwo kwakira murandasi, abenshi muri aba badafite murandasi ihagije abandi ntibagire namba...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 5.8% muri Gashyantare 2022, mu gihe muri Mutarama izamuka ryari 4.3%. Ibiciro byo mu...
Mu gihe Kenya ari cyo gihugu cya mbere muri Afurika mu byerekeye gutanga no guhabwa serivisi z’imari hakoreshejwe ikoranabuhanga, u Rwanda narwo rukomeje gutera intambwe muri uyu mujyo. Taarifa yahaye...
Muri iki gihe guhererekanya amafaranga bisigaye bikorwa kenshi hakoreshwa ikoranabuhanga ariko hari n’abandi barikoresha kugira ngo bibe amafaranga y’abandi. Mu rwego rwo kwirinda ubu bujura, ni ngomb...









