Mu madosiye menshi azakurikiranirwa hafi ku isi mu minsi iri imbere, imwe mu yandi akomeye ni ibiganiro bigiye guhuza Amerika n’Ubushinwa, bizibanda ku ugushaka uko ibi bihangange byabana mu bwubahane...
Nk’uko byemeranyijwe n’impande zishinzwe ububanyi n’amahanga hagati y’Amerika n’Ubushinwa, mu mpera z’icyumweru kizarangira taliki 18, Kamena, 2023 Antony Blinken azasura Ubushinwa. Azahura na mugenz...
Imodoka yari itwaye abadipolomate b’Abanyamerika boherejwe muri Sudani ngo bukurikirane uko iby’umutekano muke uhavugwa umeze, yarashweho n’abarwanyi bivugwa ko ari ab’umutwe witwa Rapid Support Force...
Umunyamakuru wa Wall Street Journal witwa Evan Gershkovich amaze iminsi afungiwe mu Burusiya akurikiranyweho ubutasi. Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yatangaje ko u...
Itsinda ry’intumwa ziherekeje Antony Blinken ziri i Addis Ababa mu ruzinduko rugamije kuzahura umubano hagati y’ubutegetsi bw’i Washington n’ubw’i Addis Ababa. Kuva intambara yo muri Tigray yatangira ...
I Beijing basohoye inyandiko irimo ingingo 12 bavuga ko zikurikijwe zaba uburyo bunyuze bose bwo guhagarika intambara y’u Burusiya na Ukraine. Imwe muri zo isaba u Burusiya kuzibukira ibyo gukoresha i...
Sena y’Amerika iherutse gutora umushinga w’itegeko wo guhana ibihugu by’Afurika Washington ifata nk’abafatanyabikorwa b’ubutegetsi bwa Moscow. Muri Afurika bo bavuga ko ibyo ari ukwivanga mu mikorere...
Mu butumwa yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku bantu basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi, Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga yavuze ko yababajwe...
Umunyamabanga wa Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yabwiye abanyamakuru ko iby’uko Rusesabagina yafashwe kandi agafungwa mu buryo butubahirije amategeko, yabiganiriyeho na Perezida K...
N’ubwo hari abavuga ko ikibazo cya Paul Rusesabagina n’ibimaze iminsi bivugwa ko u Rwanda rufasha M23 bishobora kuzana umwuka mubi hagati ya Kigali na Washington, iyo urebye ishingiro ry’umubano haga...









