Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Leta zunze ubumwe z’Amerika avuga ko aherutse kuganira n’ubuyobozi bushya bwa Syria buyobowe n’abarwanyi b’umutwe Hayat Tahrir al-Sham( HTS). Ni umutwe...
Umunyamabanga wa Leta ya Israel ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yabwiye ubutegetsi bwa Israel kwirinda kujya mu ntambara yeruye na Iran. Uyu muburo uje nyuma y’uko mu mpera z’Icyumweru gis...
Biden yateranije Inama y’umutekano yiga ku cyakorwa Iran iteye Israel kandi ngo ibi birashoboka mu minsi cyangwa ibyumweru bike biri imbere. Ku rundi ruhande ushinzwe ububanyi n’amahanga m...
Umuryango IBUKA urengera inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi wasohoye ibaruwa ndende usaba Leta zunze ubumwe z’Amerika binyuze ku Munyamabanga wayo ushinzwe ububanyi m’amahanga...
Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yatangiye urugendo mu bihugu bine by’Afurika mu ruzinduko rugamije kuzahura umubano hagati ya Washington n&#...
Umunyamabanga wa Leta w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken avuga ko mu mezi ashize u Rwanda rwerekanye umuhati mu gushaka uko intambara iri mu Burasirazuba bwa DRC irangira mu mahoro....
Umwami wa Jordanie Abdallah II utegerejwe mu Rwanda kuri iki Cyumweru, mbere yo kurira indege aza mu Rwanda yabanje kwakira Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken baganira...
Kuri telefoni Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken ku kibazo cy’umutekano muke uvugwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demu...
Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’Amerika avuga ko yaraye agiranye ikiganiro na Perezida Kagame cyakozwe kuri telefoni. Avuga ko baganiriye ku ngingo z...
Umunyamabanga wa Leta muri Amerika usinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken avuga ko yahamagaye Bazoum wahoze uyobora Niger amwizeza ko Amerika imuri inyuma. Itangazo ryo mu Biro bya Blinken rivuga ...









