Bijya gutangira hari taliki 14, Kanama, 2017 mu masaha ya kare mu gitondo ubwo ikigo Akagera Business Group cyatangarizaga kuri Twitter ko cyahaye ikigo Nile Safaris Express imodoka za bisi zo mu bwok...
Guverinoma y’u Rwanda yaguze bisi nini 200 zo kunganira izisanzwe zitwara abagenzi bo mu Mujyi wa Kigali. Amabwiriza yahise atangazwa na Minisiteri y’ibikorwaremezo avuga ko imodoka za pick ups zari z...
Nyuma y’uko hari minibisi 10 zikoresha amashanyarazi ziherutse kuzanwa mu Rwanda, ubu hari inkuru y’uko mu gihe kitarambiranye hazaza na bisi nini zikoresha amashanyarazi. Ni izi ikigo BasiGo gifite i...
Umujyi wa Kigali, RURA n’izindi nzego zamurikiye itangazamakuru bisi nini zizafasha abatuye Umujyi wa Kigali mu kujya cyangwa kuva ahantu runaka badategereje igihe ‘kirekire’. Zazanwe na Kompanyi y...
Ni umushinga ufite agaciro ka Miliyoni $90. Amasezerano agenga iby’iri shoramari aherutse gusinywa hagati y’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, ubw’Umujyi wa Kigali n’ubw’ikigo Vivo Ener...
Mu gihe kitaratangazwa arko cya vuba, mu mujyi wa Kigali hazatangira gukoreshwa bisi zikoresha amashanyarazi. Ni mu rwego rwo kurushaho kurengera ibidukikije ariko n’ikibazo cya bisi nke zitwara abage...
Amarira ni menshi mu bice bitandukanye bya Senegal nyuma y’uko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka ya bisi ziherutse kugongana. Zimwe mu mpamvu zatanzwe na Polisi ya kiriya gihu...
Hashize iminsi bamwe mu bahagarariye ibigo bitwara abantu mu modoka mu buryo bwa rusange batakambira Taarifa ngo ibavuganire kuko hari amafaranga Guverinoma ibagomba ariko yabimye bituma bahagarika im...
Abo ni Ishingiro Mustafa, Murara Alphonse na Hakizimana Etienne. Etienne niwe wabanje kumenyekana mbere kubera ko hari abo mu muryango we babibwiye Taarifa. Ngo yari avuye muri Uganda atashye mu Rwand...
Taarifa yamenye ko hari Umunyarwanda witwa Etienne( abo mu muryango we ntibifuza ko irindi rimenyekana) waguye mu mpanuka yakozwe na Bisi ya Volcano( ni ikigo gikorera mu Rwanda) yari ivuye i Kampala ...









