Abakanishi bo mu Rwanda bahanywe amahirwe na bagenzi babo bo muri Kenya yo guhugurwa uko bakanika batiri za bisi zikoresha amashanyarazi z’ikigo BasiGo. Iki kigo nicyo cya mbere cyahawe uburenga...
U Rwanda rwahawe Miliyoni $ 100 ni ukuvuga arenga Miliyari Frw 144 yo kunoza ubwikorezi bw’abantu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali. Inama y’ubutegetsi ya Banki y’isi niyo yaraye yemeje iby’a...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko hari kwigwa uko mu masaha y’urujya n’uruza rwinshi muri uyu mujyi hazashakwa uko imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zihabwa imihanda yazo gusa. Ni um...
Bisi zikoresha amashanyarazi za sosiyete BasiGo zirateganya gutangira ingendo mu Ntara, ku ikubitiro hakazabanza icyerekezo cya Nyanza( Kicukiro)-Nyamata mu Bugesera. Zari zisanzwe zikorera mu Mujyi w...
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore yatangaje ko amafaranga Guverinoma yashyiraga mu bikorwa byo gutwara abantu mu gihugu mu rwego rwa ‘Nkunganire’ yavanyweho. Ni icyemezo cyari ...
Mu ntangiriro z’Icyumweru kiri burangire kuri uyu 04, Gashyantare, i Kisoro muri Uganda haguye Umunyarwanda, apfira muri bisi yavaga i Kampala igana i Kisoro.Yitwa Tuyizere James akaba akomoka mu Mure...
Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente avuga ko mu rwego rwo gukemura mu buryo burambyw ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, hari bisi 140 ziri hafi kugezwa ...
Ibigo 26 bitanga serivisi zo gutwara abagenzi muri bisi bikomeje gutaka kwamburwa miliyari nyinshi byijejwe na Leta, amezi akaba abaye atanu. Ikibabaje ni uko bambuwe ayo mafaranga, ariko ubu hakaba ...
Umujyi wa Kigali uvuga ko ibigo byahawe izi modoka ari umunani nyuma yo kuzuza ibisabwa. Ni Bisi zatanzwe kuri uyu wa Gatanu kugira ngo zongerere imbaraga izari zisanzwe zikorera muri uyu mujyi ariko ...
Minisiteri y’ibikorwa remezo yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu taliki 19, Mutarama, 2024 bisi 60 zari zisigaye ngo umubare wa bisi 100 wuzure, ziri butangire gukorera mu Mujyi wa Kigali. Mbere hari haje...









