Dr Biruta Vincent, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 29, Werurwe, 2021 yahuye na Madamu Amira Elfadil, akaba ari Komiseri mu Muryango w’Afurika Yunze Ubumwe ushinzwe...
Inama yabaye hagati y’abahagarariye u Rwanda na Ghana igizwe n’abakora mu by’ubukungu cyane cyane mu bikorera yaganiriye uko ibihugu byombi byakwagura imikoranire mu bucuruzi. Niyo nama ya mbere ihuje...
Madamu Patricia Scotland usanzwe ari umunyamabanga mukuru wa CommonWealth ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta. Aje kuganira n’u R...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yaraye ayoboye Inama y’Abaminisitiri y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bagira ibyo banoza mu gutegura Inama y’Abakuru b’Ibihugu by’’u...
Umuyobozi Mukuru wa FIFA Bwana Gianni Infantino ari mu Rwanda aho agiye gufatanya na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta gufungura ikicaro cya FIFA mu Rwanda. Inama y’Abamini...
Nyuma y’igihe gito Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta asuye mugenzi we wa Centrafrique Madamu Sylvie Baïpo Temon, uyu nawe yasuye u Rwanda. Urugendo rwe i Kigali ruje nyuma ...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yanditse ko inama ya CHOGM izabera mu Rwanda muri Kamena, 2021 izaba uburyo bwo gushyira mu bikorwa za politiki z’ibihugu by’uriya muryang...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta ari i Luanda muri Angola mu ruzinduko yatumwemo na Perezida Kagame. Perezida Kagame yamutumye kumuhagararira muri iriya nama yateguwe na I...
Mu ijambo aherutse kugeza ku baturage, Perezida wa Repubulika y’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko ubutegetsi bwe buri gukora uko bishoboka kose kugira ngo abaturage bahabwe amahirwe angana mu ...
Mandisi Bongani Mabuto Mpahlwa niwe watanzwe n’ubutegetsi bw’i Johannesburg ngo ahagarira inyungu z’Afurika y’Epfo mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane taliki 3, Ukuboza, 2020 nibwo yahereje Minisitiri w’ubub...









