Iyi ni imwe mu nteruro zigize ijambo Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi , yagejeje kuri bagenzi be bitabiriye Inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma byo mu Muryango w’...
U Rwanda rwahuriya na DRC muri Angola kugira ngo intumwa z’ibihugu byombi ziganire uko intambwe zo kugarura amahoro muri DRC no gutuma umwuka w’amahoro n’ubuvandimwe hagati ya Kigali na Kinshasa zater...
Muri Repubulika ya Centrafrique hari kumvikana amajwi y’abavuga ko bakorera imiryango ya Sosiyete Sivile bikomye u Rwanda ko ngo ruri inyuma y’umushinga wa Perezida Toaudéra wo guhindura Itegeko nshin...
Itsinda rya Guverinoma y’u Rwanda riri i Lusaka muri Zambia ryaraye rishimishijwe no kumva ko u Rwanda rwatorewe kuba icyicaro cy’Ikigo nyafurika gishinzwe imiti. Iri tsinda riyobowe na Minisitiri w’u...
Akoresheje Twitter, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta avuga ko ibimaze iminsi bivugwa n’itangazamakuru ryo mu Rwanda ndetse n’itangazamakuru mpuzamahanga ko u Rwanda rwasin...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko rudashaka na gato intambara na Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Dr Vincent Biruta yabwiye France 24 ko n’ubwo ubushotoranyi bwa Repubulika ...
Mu kiganiro cyahuje abakora mu Biro by’Umuvugizi wa Guverinoma ku byo kwakira abimukira, umunyamakuru wa Taarifa yabajije icyo amategeko ateganya ngo abimukira bazaza mu Rwanda bazemerwe ubwenegihugu ...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yaraye abwiye abahagarariye ibihugu byabo muri iki gihugu ko niba Repubulika ya Demukarasi ya Congo idahagaritse ibyo kurushotora, ruzafata icyemezo cyo kuy...
Abakuru b’ibihugu by’Afurika bari i Malabo muri Guinée Equatoriale mu Nama y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe iri gusuzuma uko ibibazo bibangamiye abatuye uyu mugabane byakemurwa. Minisitiri w’ububany...
Mbere y’uko arangiza urugendo rw’iminsi mike yari amaze mu Bwongereza, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Dr Vincent Biruta yaganiriye na benshi mu bayobozi bakuru b’ubu bwami ndetse bong...









