Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda ubwo yabwiraga inteko rusange y’Abadepite k’umubano w’u Rwanda n’ibihugu birukikije, Dr. Vincent Biruta yavuze ko kuba inama yabereye i Nairobi itaratumowem...
Dr. Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda. Nta makuru arambuye aravugwa ku byo yaganiriye nabo, ariko uwagenekereza akavuga ko bagarutse ku murongo u Rwanda rwafas...
Ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda Dr Vincent Biruta na Turikiya Mevlüt Çavuşoğlu bashyize umukono ku masezerano yo kongera imbaraga mu butwererane mu nzego zitandukanye. Ni amasezerano y’...
Kuri uyu wa Kane Taliki 12, Mutarama, 2023 nibwo Minisitiri Mevlüt Çavuşoğlu ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Turikiya yageze mu Rwanda yakirwa na mugenzi we Dr. Vincent Biruta. Nta makuru arambuye ku...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wungirije wa Pologne witwa Pawel Jabłoński yabwiye mugenzi we ushinzwe ububanyi n’amahanga n’ubutwererane by’u Rwanda Dr. Vincent Biruta ko mu gihugu cye hari abashora...
Nyuma y’umwuka mubi umaze amezi hagati ya Kigali na Kinshasa, ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo bahuruye i Luanda muri Angola baganira uko uyu mwuka w...
U Rwanda ruri hafi kwizihiza imyaka 60 rumaze ari kimwe mu bihugu bigize Umuryango w’Abibumbye, UN. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda itangaza ko muri iki gihe umubano w’impande zombi...
Bisa n’aho umubano w’u Rwanda na Uganda uri gusubira mu nzira wahozemo mbere y’ibibazo byawushegeshe guhera mu mwaka wa 2018. Kuba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Uganda (Rtd) Gen Odongo Jeje Abu...
Umunyamabanga wa Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yabwiye abanyamakuru ko iby’uko Rusesabagina yafashwe kandi agafungwa mu buryo butubahirije amategeko, yabiganiriyeho na Perezida K...
Hashize Ibyumweru bibiri Sosiyete Sivile yo muri Repubulika ya Centrafrique yikomye u Rwanda ko ruri inyuma y’umushinga wa Perezida Toaudéra wo guhindura Itegeko nshinga kugira ngo azabone uko yiyamam...









