Muri Angola haraye hatangiye inama yitabiriwe naba Minisitiri barimo nabashinzwe ububanyi n’amahanga bo mu Karere U Rwanda ruherereyemo. Irigirwamo ikibazo cy’umutekano muke muri DRC. u Rwanda rwahag...
Imwe mu ngingo zikubiye mu masezerano yasinywe hagati y’u Rwanda na Pologne harimo iy’uko Kigali na Warsaw bazakorana mu guhugura abakora ububanyi n’amahanga, bigakorwa binyuze mu kigo kibyigisha kizu...
Guverinoma y’u Rwanda iri kwitegura kuzakira inama mpuzamahanga y’ishami ry’umuryango ryita ku bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, ibiri mu birwa bito n’ibihugu bidakora ku Nyanja izaruberamo mu mwa...
Mu rwego rwo gukomeza umurunga uranga umubano hagati y’u Rwanda na Ukraine, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga warwo Dr. Vincent Biruta yaganiriye na mugenzi we wa Ukraine witwa Dmytro Kuleba. Kuleba ya...
Abantu babiri bafatiwe mu Karere ka Gakenke bafite amasashi 37,600 bari bajyanye kugurisha kandi atemewe mu bucuruzi bwo mu Rwanda. Umwe mu bafashwe ni umusore ufite imyaka 24 y’amavuko, wari ufite a...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Biruta Vincent yabwiye Abadepite n’izindi nzego by’umwihariko izishinzwe ingengo y’imari ko kimwe mu bibazo Minisiteri ayoboye ifite kandi bikeneye ingengo y’imar...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Dr Vincent Biruta yaraye abwiye abandi bayobozi ko muri iki gihe ibigaragara ku isi byerekana ko iterabwoba riri gufata indi ntera. Biruta yasobanuye ko ingabo z’utur...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta yasinyanye amasezerano na mugenzi we wo mu bwami bwa Jordan arebana na byinshi harimo kurwanya iterabwoba n’ubuhezanguni. Ni amasezerano ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu yagiye kuri Ambasade ya Türkiye mu Rwanda, yandika ubutumwa bwo kwihanganisha abaturage b’iki gihugu ku...
Leta y’u Rwanda yavuze ko imaze iminsi itanga abagabo k’ubushotoranyi bwa hato na hato bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Kubera iyo mpamvu, Guverinoma yatangaje ko umunsi yakoze igikorwa kiremer...









