Major General James Birungi wahoze ushinzwe ubutasi bwa gisirikare mu ngabo z’Uganda guhera mu mwaka wa 2020 kugeza 2025, yoherejwe mu Burundi guhagararira inyungu za gisirikare, ibyo mu Cyonger...
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda General Muhoozi Kainerugaba yasohoye itangazo rivana Major General James Birungi mu nshingano zo kuyobora iperereza rya gisirikare agasimburwa na Major General ...
Ku cyicaro cya Ambasade ya Uganda muri Amerika kiri i Washington habereye inama yakozwe n’itsinda ryoherejwe na Guverinoma ya Uganda ngo rizayihagararire mu nama Amerika izagirana n’Afurika kuri uy...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko umugabo witwa Obed Katureebe wari ufite urubuga yise RPFGakwerere rwahoraga rwibasira ubuyobozi bw’u Rwanda yatawe muri yombi n’inzego z’iperereza za Uganda. Umugore we ...
Major Gen James Birungi ubu niwe wahawe ubuyobozi bwo kuyobora Ishami ry’Ingabo za Uganda rishinzwe ubutasi. Yavutse mu mwaka wa 1973, avukira ahitwa Ngoma mu Karere ka Nakaseke muri Uganda. Yize amas...




