Umuhanga mu ibaruramari Obadiah Biraro avuga ko abacungamari bo mu Rwanda ari abo gushimira ko bagize uruhare rugaragara mu gucunga neza umutungo w’u Rwanda ku buryo kugeza ubu ingengo y’imari y’u Rwa...
Uwahoze ari Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta Bwana Obadiah Biraro yavugiye kenshi mu ruhame ko hari inzego yagiriye inama ngo zikore ibyo urwego ayobora rwazisabaga mu rwego rwo kunoza imicungire y’i...
Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka w’ingengo y’imari wa 2019/2020, yagaragaje ko amafaranga yakoreshejwe nabi muri uwo mwaka yageze kuri miliyari 5.7 Frw, avuye kuri miliyari 8.6 zaba...


